Ansélme Nkusi uyobora imirimo ikorerwa ku irimbi rya Rusuroro avuga ko iby’uko gushyingura umuntu bihenze, ko harebwa uburyo ikiguzi bisaba kigabanywa nk’uko biherutse gukomozwaho na Depite Ruku Rwaby...
Abo mu muryango wa Pasiteri Ezra Mpyisi batangaza ko uyu mukambwe uherutse gutabaruka azashyingurwa taliki 04, Gashyantare, 2024, hazaba ari ku Cyumweru. Inkuru y’urupfu rwa Mpyisi yamenyekanye ...
Kuri uyu wa Kabiri taliki 19, Mata, 2022 nibwo Dr Jacques Buhigiro waririmbye indirimbo zirimo Amafaranga, Agahinda karakanyagwa n’izindi ari bushyingurwe. Uyu musaza uri mu bahanzi b’Abanyarwanda bo ...
Ubwo bizihizaga imyaka 25 ishize bashinze Umuryango AERG, abawugize bishimiye kwakira Madamu Jeannette Kagame waje kwifatanya nabo muri iki gikorwa cyabereye mu Nzu yitwa Intare Conference Arena. Uyu ...
Byatangajwe n’umukunzi we Dejoie Ifashabayo nyuma y’uko basezeranye imbere y’amategeko mu muhango waraye ubureye mu Biro by’Umurenge wa Rusororo mu Karere ka Gasabo. Ifashabayo yavuze ko yemeranyijwe ...
Ni umwanzuro wari utegerejwe na benshi ariko cyane cyane Alfred Nkubiri , abo mu muryango we n’abamwunganira. Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwasomye ko ruriya rubanza rukomeza kuburanishirizwa aho rwa...
Kuri uyu wa Gatanu Taliki 11, Ukuboza, 2020 nibwo mu Rukiko risumbuye rwa Gasabo hari kubera urubanza ruregwamo Alfred Nkubiri ukurikiranyweho ibyaha bifite aho bihuriye no kunyerezwa kw’ifumbire ya...






