Ubwo yarangizaga uruzinduko rwe mu Ntara y’Amajyepfo, Perezida Paul Kagame yahise ajya mu Ntara y’i Burengerazuba abanza kuganira n’abavuga rikijyana bo muri iyi Ntara bari baje kumwakirira mu Karere...
Abacuruza imyenda mu buryo bwemewe n’amategeko bavuga ko babangamirwa n’abayinjiza iya caguwa kandi mu buryo bwa magendu. Kubangamirwa kwabo biterwa n’uko basora abandi bagakwepa imisoro bityo bagasa...
Hamwe mu hantu hamaze kugaragara ko ari inzira ya magendu mu Rwanda ni mu Kiyaga cya Kivu. N’ikimenyimenyi hari abantu batanu Polisi iherutse gufata bakira magendu yari ivanywe muri Repubulika ya Demu...
Abavuzi batanu ba magendu bo mu Mirenge ya Nzahaha, Bugarama na Muganza muri Rusizi baherutse gufatwa na Polisi ibakurikiranyeho kuvura bwa magendu kandi bitemewe mu mategeko y’u Rwanda. Bafashwe ku C...
Imbangukiragutabara yo ku Bitaro bya Mibirizi yagonze umunyegari wari uhetse amata amanuka mu Mudugudu wa Kadasaoma mu Kagari ka Kamashangi, mu Murenge wa Kamembe, i Rusizi ahita apfa. Iyi modoka yari...
Abatuye Akagari ka Kadaho Umurenge wa Cyabakamyi mu Karere ka Nyanza bavuga ko bakoresha amasaha atanu bajya ku rwego rw’ubugenzacyaha bubegereye kugira ngo barugezeho ibirego. Umwe mu bagabo bakoresh...
Taliki 24, Gashyantare, 2022, mu Iburanishwa ry’ikirego gishya umugore witwa Jolie Dusabe aherutse kuregwamo na Uruyange SACCO cy’indishyi z’abakiliya biriya SACCO bivugwa ko yayanyereje,...
Umukozi mu Kigo cy’igihugu gishinzwe ubucukuzi bw’amabuye ushinzwe ishami rigenzura inkomoko n’ubuziranenge by’amabuye y’agaciro witwa John Kanyangira yabwiye Taarifa ko n’ubwo ubucuruzi muri rusange...
Mu iburanisha ryo kuri uyu wa Kabiri taliki 09, Gashyantare, 2022 mu mizi y’urubanza Madamu Jolie Dusabe aregwamo kurigisa umutungo wa SACCO Uruyange, ubushinjacyaha bwasabye Urukiko ko uyu mugore icy...
Umugore wari umaze igihe gito ashyingiwe wo mu Murenge wa Bugarama Akarere ka Rusizi yandikiye ibaruwa inzego zirimo ubuyobozi bw’Intara y’i Burengerazuba n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubug...









