Imodoka yo mu bwoko bwa Coaster yavuye muri Gare ya Rusizi igonga umumotari yasanze mu muhanda ku bw’amahirwe ntiyapfa. Iriya modoka ni iy’ikigo cya Volcano Express ikaba ifite ibirango RAC 947X. Ikin...
Mu bitaro bya Mibirizi mu Karere ka Rusizi haparitse imbangukiragutabara nyinshi zabuze uwazikoresha kandi ibi bitaro byarahoranye kandi bikaba bigifite ubuyobozi. Ibi ni intandaro yo kubura kw’izi mo...
Amakuru atangwa n’ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru avuga kuri Paruwasi ya Mibilizi mu Karere ka Rusizi hamaze kuboneka imibiri y’Abatutsi bazize Jenoside igera kuri 350. Kuri uyu wa Kabiri taliki 25...
Urwego rw’ubugenzacyaha rurashakisha umugabo witwa Jean Damascene Hategekimana akurikiranwaho kwica mugore we bari bamaranye imyaka 11 babana mu buryo butemewe n’amategeko. Uwo mugabo ushakishwa asan...
Abayobozi b’Intara y’Iburengerazuba, iy’Amajyepfo( zo mu Rwanda) ndetse n’ab’Intara ya Cibitoke mu Burundi bahuriye mu Karere ka Rusizi baganira uko umubano hagati ya Kigali na Gitega watezwa imbere k...
Ababyeyi bo mu Karere ka Rusizi borojwe inkoko bahabwa n’ibiribwa byazo kugira ngo zizaterere amagi ku gihe babone ayo bagaburira abana. Ikigo cy’igihugu gishinzwe imikurire y’abana kivuga ko iyo umwa...
Callum Ormiston niwe Munya Afurika y’epfo watwaye agace ka gatanu ka Tour du Rwanda. Bakoze urugendo bava i Rusizi bagana i Rubavu baca i Karongi. Mu muhanda umukinnyi kabuhariwe witwa Froome yagize i...
Itangazo ryaturutse muri Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda rivuga ko kuri uyu wa Kabiri taliki 15, Gashyantare, 2023 hari abasirikare bari hagati ya 12na 14( bagize icyo bita section) binjiye ku butaka b...
Abantu bane bo mu turere twa Rulindo, Musanze na Rusizi baherutse gutirwa muri operation ya Polisi y’u Rwanda basanganwa udupfunyika 3,553 tw’urumogi. Bafashwe hagati y’italiki 04 n’italiki 05, Gashya...
Saa munani n’iminota 40 z’amanywa yo kuri uyu wa Kane Taliki 12, Mutarama, 2023, imodoka ifite pulake CGO 9428AC22 yatobotse ipine ita umuhanda igonga umugabo witwa Niyonzima Emmanuel w’imyaka 35 y’am...









