Ku munsi wayo wa Gatatu wa Tour du Rwanda ( ushyizemo n’umunsi iri siganwa ryatangiriyeho) abasiganwa barahaguruka mu Karere ka Huye bagana mu Karere ka Rusizi, mu Murenge wa Kamembe. Abasiganwa barac...
Ubuyobozi bwo mu Karere ka Rusizi, Umurenge wa Bweyeye buravuga ko hari umugabo wishe umugore we amukubise ishoka mu mutwe. Buvuga ko yamujijije igiti yari agiye gutema mu ishyamba ryabo ngo agicane. ...
Saa kumi n’ebyiri n’igice mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu taliki 7, Gashyantare, 2024 abagore babiri bari bagiye kurangura imboga ahitwa Gishoma bavuye i Nyakarenzo( hombi ni muri Rusizi) bakoze imp...
Umugore ufite ubumuga bwo kutabona witwa Nyirahabiyambere Mwadjuma yagize ibyago inzu ye irakongoka. Byaraye bibereye mu Mudugudu wa Mbagira, Akagari ka Kamashangi, Umurenge wa Kamembe mu Karere ka Ru...
Inzego zishinzwe ubwubatsi bw’imihanda zatangiye gusana umuhanda Huye-Rusizi waraye utenguwe n’imvura nyinshi n’amazi y’umugezi wa Mwogo uca hagati ya Huye na Nyamagabe ugakomereza mu bindi bice. Nyum...
Ahagana saa kumi n’ebyiri z’umugoroba kuri uyu wa Mbere taliki 15, Mutarama, 2024, umuhanda uhuza Huye, Nyamagabe, Rusizi waridutse uruhande rumwe. Wapfiriye mu Mudugudu wa Kigarama, hafi ...
Nyuma y’uko abaturage baturiye amazi y’amashyuza basabye ko habaho uburyo bwo kuyarinda kuko hari abayagwamo cyane cyane abana, ikigo cy’igihugu gishinzwe kwita umutungo kamere w’amazi, Rwanda Water B...
Mu kigo cya Groupe Scolaire Bugumira mu Murenge wa Nkombo mu Karere ka Rusizi haravugwa umuyobozi w’iki kigo wirukanywe nyuma y’uko agaragaye ku mbugankoranyambaga yasinze bikabije avuga n’amagambo y...
Abo mu Kagari ka Karusimbi mu Murenge wa Bushenge mu karere ka Nyamasheke bavuga ko umuhanda bakoreshaga bahahirana n’abo mu Mirenge itandukanye ya Rusizi wangijwe n’imvura. Bavuga ko ibice byangijwe ...
Abayobozi ba Nyaruguru, Rusizi, Nyamasheke na Nyamagabe basabwe gutangira kureba uko bafata ingamba zo kuzarinda ko abaturage babo bicwa cyangwa basenyerwa n’imvura idasanzwe izagwa muri Mutarama, 202...









