Iki gice cy’umuhanda wa Nyamasheke- Rusizi cyangirikiye mu Kagari ka Buvugira, Umudugudu wa Bujagiro mu Murenge wa Nyabitekeri. Byabereye mu ishyamba rya Nyungwe ahitwa Kamiranzovu. Imvura nyinshi yag...
Abaturage b’i Rusizi bishimiye ko Ikigo cy’igihugu gishinzwe guha amazi meza abaturage, WASAC, cyongeye kubagezaho amazi nyuma y’uko ibura ryayo ryari ryaratumye ijerekani igera ku Frw 800 kuzamura b...
Ikigo cy’Igihugu gishizwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi, (RAB), cyahagaritse ingendo n’ubucuruzi bw’ingurube mu Karere ka Rusizi kubera indwara ya muryamo mu ngurube yagaragaye muri iki gice cy’...
Mu Karere ka Rusizi haravugwa iyegura ry’abayobozi barimo na Visi Meya ushinzwe ubukungu witwa Munyemanzi Louis Ndagijimana. Yeguye hashize igihe gito Perezida wa Njyanama Béatrice Uwumukiza. Amakuru ...
Abenshi mu bataka kubura amazi ni abo mu Mirenge ya Kamembe na Gihundwe. Bavuga ko byatewe n’uko hari umuyoboro w’amazi wacitse. Muri iki gihe bavuga ko ijerekani imwe igura Frw 500 kandi nayo kuyabon...
Polisi y’u Rwanda ishami rishinzwe kurinda umutekano mu mazi hamwe n’ingabo zarwo batabaye ubwato bw’abaturage ba DRC bwayoboye mu Rwanda ubwo bwavaga i Goma bugana i Bukavu. Uwari ubutwaye yananiwe k...
Mu Murenge wa Rwimbogo mu Karere ka Rusizi haravugwa inkuru y’inkuba yakubise abantu batandatu bo mu muryango umwe, umwana wabo w’imyaka 15 akahasiga ubuzima. Uwo mwana yitwaga Mukamahirwe Josélyne ak...
Mu Murenge wa Kamembe ahitwa Kadasomwa mu Karere ka Rusizi hari kubakwa icyambu kizafasha abacuruzi bava cyangwa bajya muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo kubona ahantu heza ho gupakirira cyangwa k...
Uwo ni Kizungu Claude w’imyaka 39 y’amavuko ufite ubwenegihugu bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ufungiwe i Rusizi nyuma yo gufatwa akurikiranyweho gucuruza amahembe y’inzovu. Aherutse gufatanwa i...
Jhonatan Restrepo wo muri Colombia niwe watwaye agace ka Tour du Rwanda kavaga i Huye kagana i Rusizi mu Murenge wa Kamembe. Uyu mugabo asanzwe akinira ikipe yitwa Polti Kometa...









