Amakuru aturuka mu Karere ka Rusizi avuga ko hari isasu ryarasiwe muri DRC ryica umuturage wo mu Murenge wa Nzahaha mu Karere ka Rusizi witwa Rwabukwisi Zacharie. Kigali Today yatangaje ko uriya muntu...
Mu rwunge rw’amashuri rwa Mutongo ruri mu Murenge wa Mururu mu Karere ka Rusizi haravugwa abanyeshuri babiri baherutse gufungwa bakurikiranyweho ibyo abanyamategeko bita ‘ubwinjiracyaha mu cyaha’ cyo ...
Mu Mudugudu wa Karambi mu Kagari ka Kabagina mu Murenge wa Nyakarenzo muri Rusizi haherutse kwicirwa umugabo wari uvuye mu gikorwa cyo kugurisha inka mwishywa we yari yararagijwe n’inshuti ye. Nyakwig...
Abaturage bo mu Karere ka Rusizi cyane cyane abahahira mu isoko ry’i Gihundwe bavuga ko kugura ihene yo kubaga ku bunani ari undi mushinga uhenze kuko hari izigura Frw 160,000. Icyashara cy’abaguzi b...
Umugabo w’imyaka 65 arakekwaho kwitwikira inzu agamije kubishyira ku mugore we. Asanzwe atuye mu Mudugudu wa Kamonyi, Akagari ka Kamurehe, Umurenge wa Gashonga muri Rusizi. Ubugenzacyaha bukorera muri...
Mu Kagari ka Gatereri, Umurenge wa Butare, Akarere ka Rusizi hari umugabo ushakishwa akekwaho gutwika hegitari ebyiri z’ishyamba rya Leta ngo aratwika ibiyorero. Ishyamba ryahiye ni irihuriweho n’Umu...
Uwigishaga mu Rwunge rw’amashuri rwa Murira (GS Murira) muri Rusizi akurikiranyweho gusambanya abakobwa bane yigishaga bose akabatera inda. Mwarimu yari yabanje guhagarika akazi ku mpamvu zitazwi. Ifu...
Ku bufatanye bwa Polisi y’u Rwanda na RIB, hari abantu 45 barimo abasore n’inkumi biganjemo abo mu Murenge wa Nyakarenzo mu Karere ka Rusizi bafashwe. Bari basanzwe batekera abantu imitwe kuri telefon...
Imodoka yari ijyanye i Rusizi imiti yakoreye impanuka mu ishyamba rya Nyungwe. Amakuru avuga ko iriya modoka yakoze impanuka kubera kubura feri, ishinga amazuru mu ikorosi. Ingabo z’u Rwanda zir...
Dr. Anaclet Kibiriga uyobora Akarere ka Rusizi yabwiye abaturage bo mu Murenge wa Gihundwe ko badakwiye kubona RIB ngo bakuke umutima, bumve ko ishinzwe gufunga abantu gusa. Bikubiye mu butumwa yageje...








