Umurambo wa Padiri Ubald Rugirangoga uri gusezerwaho muri Kiliziya ya Regis Pacis iri mu Murenge wa Kimironko mu Karere k Gasabo. Kuri uyu wa Gatatu nibwo azashyingurwa mu Karere ka Rusizi ahitw...
Mu ijoro ryo ku wa Kane abantu bambaye imyenda ya gisirikare bateze abaturage mu Murenge wa Mururu mu Karere ka Rusizi, babambura amafaranga bbarashemo umwe. Byabaye mu ijoro ryo kuwa Kane...
Umugaba w’ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka Lieutenant General Jean Jacques Mupenzi yasuye Akarere ka Rusizi asuzuma uko inzego zitandukanye zishyira mu bikorwa gahunda zo gukura abaturage mu buke...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera yabwiye Taarifa ko Urwego avugira rwatangiye gushakisha abaraye bateye urugo rw’umuturage w’i Gihundwe bafite imbunda rukab...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa 27, Ukuboza, 2020abantu batatu barimo babiri bambaye imyenda abaduhaye amakuru bavuga ko ari iya gisirikare bateye urugo rwa Bavugamenshi n’umugore we Mukandayisenga bababwira...




