Mu Murenge wa Butare mu Karere ka Rusizi hafatiwe abantu babatu barimo n’Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari Polisi ibakurikiranyeho gushuka abacuruzi babaka ruswa ngo bazabashyire ku ...
Birababaje kuba u Rwanda rutabyaza umusaruro uburobyi kandi ari igihugu gifite ibiyaga birenga 20, ibyo biyaga bikabamo ubwoko bw’amafi 40. Ikiyaga gifite amazi ari ku buso bunini ni ikiyaga cya Kivu ...
Mu gihe gito kiri imbere Inama y’Igihugu y’Umushyikirano irongera isubukurwa nk’uko amakuru dufite abivuga. Uzaba ari Umushyikirano wa 18, uyu ukaba ari wo ugiye kuba kuva Icyorezo COVID-19 cyaduka m...
Nyuma y’ishoramari rikomeye ryakozwe ku Kibuga cy’Indege cya Kamembe mu Karere ka Rusizi, ubugenzuzi bwemeje ko gishobora gutangira gukorerwaho ingendo z’ijoro nk’uburyo bwitezweho guhindura byinshi m...
Abatuye Umudugudu wa Kabusunzu, Akagari ka Pera, Umurenge wa Bugarama mu Karere ka Rusizi baherutse kwereka Polisi inzu abasore babiri bakoreragamo impushya zo gutwara ibinyabiziga. Yaragiye ihasanga ...
Umusore ubarizwa mu rubyiruko rw’abakorerabushake mu Mujyi wa Kigali yemeye ko yashyize umukobwa ku rutonde rw’abikingije COVID-19, kandi atarigeze ahabwa urukingo. Uwo musore wiga muri imwe mur...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwafunze abantu batandatu bo mu Karere ka Rusizi, bakurikiranyweho gusagarira umucamanza no kuvogera inyubako y’Urukiko rw’ibanze rwa Kamembe. Ni ibik...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera avuga u Rwanda ruzakomeza gufata abazana ibiyobyabwenge n’ibindi byangiza ubuzima bw’Abanyarwanda. Avuga ko nta kindi Polis...
Mu murenge wa Ndera Akarere ka Gasabo abagenzacyaha baherutse kuhafatira abagore babiri babakurikiranyeho kwiba abaturage b’i Kamembe muri Rusizi. Babariganyije Miliyoni 25 Frw binyuze mu bucuruzi bw...
Kubera ko ingamba zo kwirinda icyorezo COVID-19 muri iki gihe zisaba abacuruzi n’abandi gufunga serivisi saa kumi n’imwe z’umugoroba, abacuruzi by’umwihariko bagomba kuba maso kuko hari abiyitirira Po...








