Urwego Ngenzuramikorere , RURA, rwatangaje ko ibiciro bya lisansi na mazutu mu Rwanda byazamutseho 10%, impinduka mu biciro ahanini ryatewe n’imiterere y’isoko mpuzamahanga ry’ibikomoka kuri peteroli....
Muri Kanama, 2020 twatahuye uburiganya bw’amafaranga abaturage bishyura kuri Tap&Go ya murandasi iyo bateze imodoka ariko ntibayihabwe. Bukeye bw’aho RURA yahamagaje abanyamakuru kugira ngo ...
Umunyarwanda witwa Rugasaguhunga Ruzindana yandikiye ibaruwa Ikigo gicuruza Serivisi z’itumanaho na murandasi, MTN, ayicisha kuri Twitter akinenga ko amaze Icyumweru adashobora gukoresha murandasi yag...
Ibaruwa yanditswe n’ubuyobozi bwa RURA bukiyoborwa na Lt Col Patrick Nyirishema ifite Ref, 1200 DG/LRA/ENF/RURA/020 yo ku itariki 03, Ukuboza, 2020 isaba Airtel gukuraho itangazo ryayo ryamamaza ibyo...
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Mbere taliki 14, Ukuboza, 2020 yafashe ingamba zitandukanye zo kwirinda COVID-19 harimo n’uko Abanyarwanda bose bagomba kuba bari mu ngo saa tatu z’ijoro(9h...




