Abagize PAC baherutse kubwira RURA ko bidakwiye na gato ko ica amande umuntu wasanze umugenzi ku muhanda akamuha lift. Iby’ayo mande byagaragajwe muri raporo Umugenzuzi w’imari ya Leta yahaye Abadepit...
Abagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu mu Nteko ishinga amategeko bavuga ko kuba buri mugenzi ugenda muri bisi rusange muri Kigali acibwa amafaranga ya int...
Inama itangwa n’ikigo gifite mu nshingano kubungabunga indangarubuga ya .rw ku bakoresha murandasi mu bikorwa bya buri munsi, RICTA, ivuga ko abakoresha indangarubuga nka .com ni izindi zinyuranye ba...
Mu ntangiriro z’umwaka wa 2022 Perezida Paul Kagame yatumije mu Biro bye Minisitiri w’ikoranabuhanga n’uw’ibikorwaremezo ndetse n’Umuyobozi mukuru wa RURA. Yagira ngo ababaze itandukaniro babona hagat...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byongeye kugabanuka. Bibaye ku nshuro ya kabiri mu gihe cy’amezi abiri. Kuri uyu wa Mbere nibwo ibiciro bishya by’ibikomoka kuri p...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro, RURA, cyasohoye amabwiriza mashya agena uko minibisi zitwara abanyeshuri zigomba kuzajya zibikora. Kimwe mu bika by’ariya mabwir...
Mu rwego rwo kwirinda ko ibiciro byakomeza kuzamuka bikaremerera Abanyarwanda, Urwego rw’igihugu rushinzwe imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro kurusha iyindi, RURA, rwatangaje ko Guverinoma y’...
Mu Murenge wa Mushikiri hari abaturage batakambiye Abadepite babasuye ko nta huzamurongo( network) rya telefoni rifatika bagira. Ibi bikoma mu nkokora guhanahana amakuru, rimwe na rimwe bikabangamira ...
Abayobozi batatu bakuru muri RURA birukanywe mu mirimo yabo kubera impamvu z’imyitwarire n’imikorere idahwitse. Kuba iyo mikorere n’imyitwarire bidahwitse byatangarijwe mu itangazo ryasohowe n’Ibiro b...
RURA yatangaje ko guhera ku Cyumweru Taliki 08, Ukwakira, 2022 litiro ya Lisansi izagura Frw 1,580 n’aha litiro ya Mazutu ikazagura 1,578. Litiro ya Mazutu ku ipompo yaguraga Frw 1607 n’aho iya lisans...









