Abahinga igishanga cya Cyonyongo nicya Gacuragiza bikora ku Mirenge ine y’Akarere ka Rulindo bishimira ko ubumenyi bahawe bwo guhinga kijyambere, byatumye badakomeza guhinga mu kajagari kandi basigaye...
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya magendu rikorera muri Rulindo riherutse guta muri yombi umugabo wari ufite ibikoresho bipima COVID-19, bivugwa ko yari avanye za Butaro abizanye i Kiga...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rufunze abantu batanu bakekwaho ibyaha by’ubwicanyi, gukubita cyangwa gukomeretsa ku bushake, kwirengagiza gutabara umuntu uri mu kaga no gusiban...
Mu Rwanda cyane cyane mu Mujyi wa Kigali ibiganiro biterekeye ibiri kubera i Rubavu kubera umutingito uhamaze igihe, ni ibyerekeye uruzinduko Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron azagirira mu Rwanda...
Polisi y’u Rwanda yafatiye mu Karere ka Rulindo abasore babiri barimo uw’imyaka 27 n’uwa 25, bakekwaho gukwirakwiza amafaranga y’amiganano. Bafatiwe mu Murenge wa Buyoga ku Cyumweru. Umuyobozi wa Poli...
Nyuma yo kubona ko hari ikibazo cy’imbuto za macadamia zitubuwe, Bwana Stanley Nsabimana yatangije ikigo gihumbika kikanatubura ingemwe za kiriya giti. Macadamia ni igiti cyera imbuto ziba zifitemo iz...





