Inzego z’umutekano hamwe n’iz’ibanze ziri gushakisha umupasiteri witwa Habamungu Jérôme uvugwaho gukubitira umukecuru mu rusengero ruri mu Murenge wa Kisaro mu Karere ka Rulindo. Bivugwa ko yamukubise...
Hari abagabo mu Karere ka Rulindo bavuga ko barembejwe n’inkoni bakubitwa n’abagore babo, bagasaba ubutabera. Abo bagabo bavuga ko bibabaje kuba umugabo akubitwa n’umugore we kandi aba yaramushatse ng...
Abantu bane bo mu turere twa Rulindo, Musanze na Rusizi baherutse gutirwa muri operation ya Polisi y’u Rwanda basanganwa udupfunyika 3,553 tw’urumogi. Bafashwe hagati y’italiki 04 n’italiki 05, Gashya...
Amakuru Taarifa igikurikirana aravuga ko hari ikamyo yagonze imodoka ya RDF uyiturutse imbere. Byabereye mu muhanda umanuka mu Murenge wa Kanyinya mu Karere ka Nyarugenge. Hashize iminota igera kuri ...
Abayobozi mu Turere twa Nyarugenge, Rulindo na Gakenke bari ku gitutu cyo gusobanura aho amafaranga yo kubaka umuhanda Nzove-Ruli-Gakenke yarengeye. Ni umuhanda Perezida Kagame yemereye abatuye muri ...
Polisi y’u Rwanda iherutse gufatira mu Karere ka Musanze umukobwa bivugwa ko yakoraga akazi ko mu rugo bivugwa ko yari yibye shebuja Frw 1, 544,000. Yari asanzwe ari umukozi wo mu rugo mu Mudugudu wa...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente aherutse kuvuga ashimangirako ba Agoronome b’Imirenge bagomba kwegera abaturage bakareba niba buri muturage afite ingarani, ikimpoteri, ko yateye ibiti bitatu c...
Ikigo gitanga serivisi z’imari, Airtel Money, cyatangije gahunda yo gukorana na SACCO zifasha abahinzi b’icyayi zo mu Rwanda kugira ngo abahinzi hamwe n’abazikoresha b’izo SACCO bash...
Abantu umunani bo mu Karere ka Rulindo baherutse gutabwa muri yombi na Polisi bakurikiranyweho kwiba intsinga zireshya na metero 60 mu rwunge rw’amashuri rwa Ngarama mu Murenge wa Base mu Karere ka Ru...
Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bagasigara bonyine mu muryango bashinze itsinda bise Imena Family ryihaye intego yo kwibuka Abatutsi bazize Jenoside ariko batigeze bashyingurwa kuko bitazwi aho ...









