Kubaka umuhanda Nyacyonga-Mukoto byatangiye. Ni umuhanda Perezida Kagame yemereye abatuye ibice biri hagati ya Gasabo na Rulindo, ukazaba ufite uburebure bwa kilometero 35. Niwuzurira igihe cyagenwe u...
Mu Mudugudu wa Kamatongo, Akagari ka Budakiranya mu Murenge wa Cyinzuzi mu Karere ka Rulindo haraye inkuru mbi y’abantu umunani bagwiriwe n’ikirombe batatu bavanwamo bapfuye, abandi barabura. Amakuru ...
Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge ibiri n’’Utugari babiri bo mu Karere ka Rulindo bakuwe mu nshingano zabo. Bivugwa ko bazira kutuzuza inshingano zabo neza no gukoresha ububasha bafite mu nyung...
Polisi yatangaje ko yafashe umugore wo mu Karere ka Rulindo intsinga zipima toni 2.5 yari ajyanye mu Murenge wa Kinyinya mu Karere ka Nyarugenge. Ni umugore muto kuko afite imyaka 24 y’amavuko akaba y...
Inzego z’umutekano mu Karere ka Rulindo zafatiye abantu batatu mu Mudugudu wa Kigomwa, Akagari ka Nyamyumba mu Murenge wa Masoro mu Karere ka Rulindo, mu masaha y’igicamunsi cyo ku wa Gatatu tariki 2...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rulindo butangaza ko Ibiro byako bigiye kwimuka bikava mu Murenge wa Bushoki bikajyanwa mu Murenge wa Ngoma. Umuyobozi w’Akarere ka Rulindo, Mukanyirigira Judith yabwiye RBA ko...
Ba Perezida b’Inama Njyanama b’Uturere twa Huye, Rulindo,na Muhanga bemereye itangazamakuru ko bakiriye inyandiko z’abayobozi babandikiye basaba guhagarika akazi ‘mu gihe kitazwi.’ Hari ha...
Niyomufasha Marie w’imyaka 16 wigaga mu mwaka wa kabiri mu ishuri rya G.S Binaga mu Murenge wa Mbogo, yatitiye yikubita hasi abanje umunwa ku ntebe, ajyanwa kwa muganga yitaba Imana. Ku wa mbere tarik...
Ubugenzacyaha bwafunze abantu barindwi barimo abakozi bane bo mu Karere ka Rulindo n’abandi batatu bahoze bahokora bakimurirwa. Kuri uyu wa Kane nibwo Ubugenzacyaha bwabafashe Abatawe muri yombi ni: A...
Ubugenzacyaha bw’u Rwanda bwaraye bufunze Flodoaurd Ndagijimana wari Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mbogo bumukurikiranyeho ibyaha birimo no gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 15 y’am...









