Ubugenzacyaha bw’u Rwanda buherutse kugirana ibiganiro na Polisi mpuzamahanga, INTERPOL, kugira ngo imikoranire ikazwe. Ni ibiganiro byabereye mu Buhinde ahamaze iminsi habera Inama mpuzamahanga ya ...
Minisitiri w’Ubutabera Dr Emmanuel Ugirashebuja yabwiye abagenzacyaha bari barangije amahugurwa y’ibanze mu by’ubugenzacyaha ko ibyaha byugarijwe u Rwanda muri iki gihe ari byinshi ariko ibigaruka ken...
Mu Karere ka Musanze ahari ikigo cya Polisi giha amasomo abakora mu rwego rw’ubugenzacyaha no gukusanya ibimenyetso bigamije gutanga uburabera( RIB na Polisi), kuri uyu wa Kabiri habaye umuhango wo gu...
Umunyamabanga mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, (Rtd) Col Jeannot Ruhunga yakiriye mugenzi we uyobora Urwego nk’uru muri Kenya ngo baganire imikoranire. Kenya ni kimwe mu bihugu byo mu...
Minisitiri w’uburezi Dr Valentine Uwamariya yaburiye abanyeshuri biga mu Kigo kitiriwe Mutagatifu Ignace kiri i Kibagabaga ko ibyo bita ‘reka ngerageze’ bishobora kubakoraho kuko iyo ngo iyo ugerageje...
Umunyamabanga mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (Rtd)Col Jeannot Ruhunga yabwiye abagenzacyaha bo mu Karere ka Gakenke ko bagomba kujya bacumbura bakamenya impamvu zituma ibyaha bikorwa kugi...





