Colonel Pacifique Kabanda Kayigamba yaraye atangiye inshingano zo kuyobora Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB). Yashimiye uwo yasimbuye Col( Rtd) Jeannot Ruhunga ku mirimo myiza yakoreye uru rweg...
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu yanzuye ko Col Pacifique Kayigamba Kabanda aba Umunyamabanga Mukuru wa RIB. Asimbuye Col(Rtd) Jeannot Ruhunga watangiye izi nshingano mu mwaka ...
Minisitiri w’ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Dr. Emmanuel Ugirashebuja asaba abagenzacyaha kurushaho kuzamura ubunyamwuga kugira ngo bakomeze kuba ikitegererezo mu gutanga ubutabera. Yabivugi...
Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kwita ku bagore, UN WOMEN, batangije amahugurwa agenewe abaforomo kugira ngo b...
Perezida w’Urukiko rw’ikirenga Dr. Faustin Ntezilyayo avuga ko u Rwanda aho rugeze kandi rukaba rukiyubaka mu nzego zirimo n’ubutabera, ubutabera bwarwo butazihanganira abayobya abandi. Yabivuze ubwo ...
Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha Col( Rtd) Jeannot Ruhunga yabwiye abaje mu gikorwa cyo kurangiza ubukangurambaga mu kurwanya icuruzwa ry’abantu ko icuruzwa ry’abantu ari igik...
Umunyamabanga mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, (Rtd) Col Jeannot Ruhunga yasabye abakora muri za Isange One Stop Center hirya no hino mu Rwanda kongera imikoranire kugira ngo ababagan...
Umunyamabanga mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha( Rtd) Col Jeannot Ruhunga aherutse kuvuga ko burya aho gufungwa mu mibyizi rwagati nko ku wa Kabiri, ku bw’amaburakindi umuntu yafungwa ...
Colonel Jeannot Ruhunga(ubu ari mu kiruhuko cy’izabukuru nk’umusirikare) amaze imyaka itanu ayobora Urwego rw’Ubugenzacyaha. Aherutse kuvuga ko ubwo yahamagarwaga n’Umugaba w’ingabo, ngo amubwire ko y...
Mu kiganiro yahaye itangazamakuru, Umunyamabanga mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, (Rtd) Col Jeannot Ruhunga yavuze ko myaka hafi itanu urwego ayobora rumaze rushinzwe, abagenzacyaha b...









