Mu Karere ka Ruhango, Umurenge wa Kinihira haravugwa inkuru y’abagizi ba nabi badukiriye abatuye Umudugudu wa Buhamba, Akagari ka Nyakogo barabatema, abandi babakubita ubuhiri n’ibyuma bya fer a béto...
Mu Mudugudu wa Gako, Akagari ka Rubona, Umurenge wa Kinazi mu Karere ka Ruhango haherutse kubera impanuka yakozwe n’ikamyo bita Howo( Abanyarwanda byihimbye DIPINE) ihitana umuntu. Byabaye mu ijoro ry...
Mu Murenge wa Kabagari, Akarere ka Ruhango hari amakuru avuga umusore bivugwa ko yicishije Nyina ifuni. Ku rundi ruhande, andi yo avuga ko Nyina yapfuye biturutse k’ukuba yaramusunitse[umusore asunika...
Mu Murenge wa Mwendo mu Karere ka Ruhango umuturage yasanze hafi y’iwe hari ibisasu bibiri bya Grenades. Martin Habiyambere yasanze biriya bisasu hafi y’iwe ubwo yasiburaga umugende ngo amazi atazamus...
Mu Murenge wa Byimana, Akagari ka Kirengeli harasiwe abantu babiri barapfa. Bivugwa ko bari bamwe mu bagizi ba nabi bategaga abaturage bakabambura ibyabo. Mu minsi ishize hari umupolisikazi bahatemeye...
Mu ruzinduko rw’iminsi ibiri Perezida Kagame amaze gukorera mu Ntara y’Amajyepfo abaturage bamwakiranye ubwuzu bamwereka ko bari bamukumbuye. Ni mu gihe kuko yahaherukaga ubwo yiyamamazaga mu mwaka wa...
Umukuru w’Igihugu nyuma yo gusura no kuganira n’abaturage bo mu Karere ka Ruhango, yahise ajya muri Huye. Yaganiriye n’abavuga rikijyana muri Huye baganira ku bikiri imbogamizi ku iterambere ry’abaga...
Umupolisikazi witwa Mukeshimana Claudine yaraye atemwe bikomeye n’abagizi ba nabi banamwambura ibyo yari afite. Byabereye mu Mudugudu wa Rusororo, Akagari ka Kirengeri, Umurenge wa Byimana mu Karere k...
Perezida Kagame yavuze ko ibyo yasezeranyije abaturage hari ibitarakorwa, ibyo yise ‘umwenda’ abafitiye. Icyakora ngo bamwihanganire araza kuwishyura. Umwenda yavugaga abereyemo abaturage ni uw’uko ub...
Kuri uyu wa Kane Taliki 25, Kanama, 2022 Perezida Kagame arasura kandi aganire n’abatuye Akarere ka Ruhango. Ni urugendo akoze nyuma y’igihe kirekire adasura abaturage kubera COVID-19. Abaturage bo mu...









