Umuyobozi w’Akarere ka Ruhango Habarurema Valens avuga ko ahahoze Komini Ntongwe hagiye kuzubakwa urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi bahoze batuye Amayaga. Iyo nzu izagaragaza amateka ya Jenosid...
Abaturage b’Umurenge wa Mwendo mu Karere ka Ruhango bavuga ko hari umwana w’imyaka ine wapfuye nyuma yo kuribwa n’inzuki nyinshi. Iwabo hari mu Mudugudu wa Nyamugari, Akagari ka Gafunzo mu Murenge wa...
Mu Murenge wa Mwendo mu Karere ka Ruhango hari umugabo uherutse gutabwa muri yombi nyuma yo gutema umwana we mu mutwe n’ikiganza. Bivugwa ko yabikoze ahushije Nyina w’uwo mwana. Yitwa Yamfasha Tharcis...
Mu Biro by’Akagari ka Nyakogo mu Murenge wa Kinihira mu Karere ka Ruhango haravugwa inkuru y’uko habonetse umubiri w’umuntu umaze imyaka icyenda(9) apfuye. Umuyobozi w’Umurenge wa Kinihira witwa Jeann...
Mu mpera z’Icyumweru gishize Minisitiri w’umutekano Alfred Gasana yabwiye itangazamakuru ko hari abantu 10 bamaze gutabwa muri yombi bakurikiranyweho gutema abaturage no kubakubita ibyuma bita imitali...
Mu Murenge wa Kinihira mu Karere ka Ruhango haravugwa umugabo witwa Kabayiza Cyprien ushinjwa gutema Nyina, mwishywa we ndetse n’inka yo muri urwo rugo bari batunze. Nyina yitwa Karutamashyo Colette ...
Inzego z’umutekano hamwe n’iz’ibanze ziri guhigira hasi kubura hejuru abagizi ba nabi bitwikiriye ijoro batera abaturage ibyuma. Abagabo bane nibo bakomerekejwe na bariya bagizi ba nabi na n’ubu bagis...
Mu Murenge wa Byimana mu Karere ka Ruhango hafungiye umugabo witwa Hategekimana ukurikiranyweho guha umupolisi ruswa ya Frw 100,000 mu ruhame undi arayanga agahita amuta muri yombi. Yagiraga ngo uwo m...
Mu Murenge wa Kinazi, Akarere ka Ruhango hari inkuru ivuga iby’umugabo wakubise umwana we w’imyaka itandatu bimuviramo urupfu. Uwo mwana yari umukobwa, bikemezwa ko yari amaze igihe iwabo bamutoteza. ...
Mu Mudugudu wa Kiyanja, Akagari ka Kagasa mu Murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro haravugwa umugabo witwa Rusesabagina Daniel kuri Noheli yatemye bikomeye umugore we. Umugore we yitwa Mukamuzungu...









