Mu rukerera rwo kuwa Tariki 12, Nzeri, 2025, abagabo babiri bo mu Murenge wa Ruhango mu Karere ka Ruhango bavugwaho ko bateye urugo rw’umuturanyi bashaka kumwiba ihene, abahungu be baratabara ba...
Umuyobozi w’Akarere ka Ruhango, Habarurema Valens yahakanye gutukana no kuka inabi abo bakorana bamushinja. Hari abakozi ku rwego rw’Akarere ka Ruhango bamushinja kubatoteza no kubuka inabi bita...
Kuri uyu wa Mbere tariki 13, Mutarama, 2024 Imanazibayo Solange w’imyaka 29 y’amavuko yapfuye azize inkuba yamukubise ari konsa uruhinja rw’amezi icyenda. Yari atuye mu Kagari ka Kavumu, Umurenge wa R...
Polisi mu Murenge wa Kinazi, Akarere ka Ruhango yafunze Umukuru w’Umudugudu ari kumwe n’abaturage babiri ibakurikiyeho gukubita no gukomeretsa umwana w’imyaka 17 witwa Cyubahiro Inno...
Amakuru Taarifa ifite aremeza ko nyuma y’igitutu cy’itangazamakuru, ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango bwakoranye na Polisi barekura umuyobozi ushinzwe imibereho myiza mu Kagari Bihembe wari ufungiye mu...
Mu Karere ka Ruhango haravugwa inkuru y’umuyobozi ushinzwe iby’ubutaka wafashwe ari muri Siporo arafungwa ariko aza kwisanga ari kumwe n’umugore we. Bivugwa ko bakurikiranyweho kwishora mu by’ubucukuz...
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kabagari mu Karere ka Ruhango buremeza urupfu rw’umubyeyi w’imyaka 51 y’amavuko witwa Renatha Ntashamaje wari warasigaye wenyine kuko abe bose bishwe muri Jenoside. Ikibabaje ...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Murama witwa Habarurema Sauteur akurikiranyweho kwaka umuturage Frw 5,000 ngo amuhe serivisi. Aka kagari kaba mu Murenge wa Bweramana Akarere ka Ruhango. Umu...
Ni ibyemezwa n’abagize Ihuriro ry’Ubumwe n’Ubudaheranwa mu Karere ka Ruhango. Baraye babivugiye mu nama y’Ihuriro ry’Ubumwe n’ubudaheranwa yahuje Inzego zitandukanye zo muri aka Karere. Umukozi ushinz...
Bazubagira Rebecca wo mu Karere ka Ruhango mu Murenge wa Ruhango wari utwite impanga z’abana babiri yafashwe n’ibise batabaza imbanguragutabara itinda kumugeraho, bimuviramo gupfana n’abana yari atwit...









