Umuyobozi muri Polisi y’u Rwanda ushinzwe amahugurwa Assistant Commissioner of Police( ACP) Barthelemy Rugwizangoga avuga ko yaba Polisi cyangwa urundi rwego rw’umutekano w’u Rwanda rugomba gutera int...
Michaella Rugwizangoga ushinzwe kubungabunga Pariki z’u Rwanda mu kigo cy’igihugu cy’iterambere, RDB, yavuze ko mu myaka 20 ishize umuhango wo kwita izina utangiye, abana b’ingagi 300 bamaze kwitwa am...
Michaella Rugwizangoga ushinzwe ishami ry’ubukerarugendo mu Kigo cy’igihugu cy’iterambere, RDB, avuga ko gukorana bya hafi hagati y’ibihugu by’Afurika byayigirira akamaro no mu bukerarugendo. Ni bimwe...
Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu Nama y’Abaminisitiri yaraye iteranye ni uko uwari ushinzwe ubukerarugendo mu kigo cy’igihugu cy’iterambere, RDB, witwa Ariella Kageruka asimburwa na Madamu Michaella...



