Ni icyemezo cyafashwe na Leta y’u Bwongereza mu rwego rwo guca intege abica amabwiriza yo kwirinda COVID-19. Kuri iki gihano haziyongeraho n’amande ya £10,000. Ibi byemezo byatangajwe n’umunyamabanga ...
Ubwo abatuye Kigali bari barategetswe kuguma mu rugo mu rwego rwo kwirinda kwanduzanya COVID-19, Umuraperi Amag The Black yacuruje amafi. Byari uburyo bwo gufasha abantu kubona ibyo bafungura kandi n...
Ahagana saa mbiri z’ijoro kuri uyu wa Mbere tariki 17, Mutarama, 2021 Inama y’Abamanisitiri yatangaje ko yemeje ko abatuye Umujyi wa Kigali baguma mu ngo zabo. Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Prof ...


