Umwe mu bantu batanu bari bagiye gucukura amabuye y’agaciro mu kirombe kiri Mudugudu wa Muheta, Akagari ka Kanyana, Umurenge wa Rugengabari muri Muhanga bakagwirwa nacyo, yapfuye. Amakuru avuga ko bam...
Umuyobozi wungirije ushinzwe Iterambere ry’Ubukungu mu Karere ka Muhanga, Kayiranga Innocent bawiye avuga ko abagabo babiri bagwiriwe n’ikirombe ku wa Gatatu taliki 09, Ukuboza, 2020 batabawe bavanwam...

