Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Prudence Sebahizi yavuze ko intego y’ishoramari ari uko ibirivamo bituma imibereho y’abaturage irushaho kuba myiza. Yabibwiye itangazamakuru nyuma yo gutangiza inama y...
Guverineri w’Intara y’Uburasirazuba Pudence Rubingisa avuga ko ingamba ubuyobozi bwafashe mu guhangana n’inzoga ibarirwa mu biyobyabwenge yitwa Kanyanga zatanze umusaruro ufatika. Hari mu kiganiro yah...
Mu cyumba cy’Inama cy’Intara y’Uburasirazuba habereye Inteko rusange ya 14 y’Inama y’Igihugu y’Abafite Ubumuga. Mu mibare yahatangarijwe, harimo n’umubare w’abantu bafite ubumuga muri buri...
Perezida wa Repubulika yaraye ahaye abayobozi inshingano nshya. Umwe muri benshi yazihaye ni Pudence Rubingisa watangiye kuyobora Umujyi wa Kigali muri 2019 asimbuye Rwakazina Marie Chantal usigaye uh...
Mu Kagari ka Gasanze mu Murenge wa Nduba mu Karere ka Gasabo hari imiryango 800 yasabwe kwimuka aho ituye kubera ko abayigize batuye ahantu hashyira ubuzima bwabo mu kaga. Inzu z’abo baturage zanditsw...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwaraye bubwiye itangazamakuru ko igihe kigeze ngo Abamasayi bazunguza imari bagane amasoko nk’abandi Banyarwanda nibitaba ibyo bahagarike ubwo bucuruzi. Abamasayi bamaze...
Pudence Rubingisa uyobora Umujyi wa Kigali yavuze ko umubare w’imiryango ituye mu manegeka yo mu Mujyi wa Kigali ukiri munini kuko igera ku 3,131. Avuga ko mu rwego rwo kurengera ubuzima bw’abayigize,...
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Pudence Rubingisa avuga ko imwe mu nshingano ze zikomeye ari ukuba hafi abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi batishoboye bakubakirwa ubushobozi. Ni ubutumwa bukubiye mu i...
Bamwe mu batuye Akagari ka Musezero, ahitwa Beretwari mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo bavuga ko hari uruganda ruri hafi aho rubasakuriza, ariko abandi bakavuga ko ababivuga babeshya ahubwo b...
*Ikimoteri cya Nduba ni kabutindi yugarije abatuye Kigali *Ikigo cyo mu Birwa Bya Maurice Cyimwe isoko *Icyizere cy’uko bizakemuka kirahari… N’ubwo Umujyi wa Kigali wabaye icyatwa kubera isuku, ku r...









