Mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu, hafatiwe magendu ifite agaciro ka Miliyoni Frw 50. Kugeza ubu niyo magendu ihenze ifatanywe umuntu umwe icyarimwe. Igizwe niza likeri(liquor) imivinyo( wines...
Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Rubavu ifatanyije n’inzego z’ibanze bafashe abantu 29 bafatiwe mu bikorwa Umurenge wa Gisenyi bakurikiranyweho ubujura. Biganjemo urubyiruko, bakaba barafatiwe mu mukw...
Ishami Ry’Umuryango W’Abibumbye rishinzwe kwita ku bana, UNICEF, rimaze igihe rikorana na Leta y’u Rwanda mu kugabanya impamvu zituma impinja zipfa. Ni ubufatanye bwatumye imibare igabanuka iva kuri 3...
Bisa n’aho guca urumogi muri Rubavu ari urugamba rukomeye kubera ko nta kwezi gushira muri aka karere hadafatiwe abantu batunda cyangwa barukwirakwiza. Nk’ubu hashize iminsi ibiri mu Murenge wa Rubavu...
Mu Murenge wa Gisenyi ahitwa Gasutamo haherutse gufatirwa abasore bakoraga ubuvunjayi budakurikije amategeko. Umwe mu bavunjayi bakorera i Kigali witwa Dieudonné Mazimpaka avuga ko abavunjayi bemewe ...
Polisi ifatanyije n’abaturage yaraye ifatiye i Rubavu urumogi rufungiye mu dupfunyika 6,000 bivugwa ko rwari ruvuye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Rwafatiwe mu Murenge wa Kanzenze mu Karere k...
K’umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, Taliki 30, Kanama, 2022 nibwo ku mupaka munini uhuza Goma na Gisenyi hageze Abanyarwanda batandatu barimo n’uruhinja bari baherutse gufatirwa muri Repubulika ya Demu...
Ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo ziravugwaho gufata zigafunga Abanyarwanda batandatu barimo abagore bane n’abana babiri b’abahungu barimo n’uruhinja rw’amezi atandatu. Abo bagore harimo w’i...
Akarere ka Rubavu kari mu Turere dukunze gusurwa n’abantu bava muri Kigali bagiye kuharuhukira kubera ko ari ahantu habereye ijisho kubera ikiyaga cya Kivu. Hanakoreshwa n’abacuruzi bavana ibicuruzwa ...
Perezida wa IBUKA Nkuranga Egide avuga ko umugabo witwa Baharakubuye Jean uherutse gufatwa akekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi yari amaze igihe kirekire yiyoberanya akoresheje uburiganya...









