Mu Murenge wa Kanama mu Karere ka Rubavu haherutse gufatirwa udupfunyika 6000 tw’urumogi bivugwa ko rwari ruvanywe muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Rwafatiwe kuri Moto yari igeze mu Mudugudu wa...
Mu Biro by’Umurenge wa Kanzenze mu Karere ka Rubavu hamaze igihe hari imibiri 12 iri mu bubiko bw’uyu Murenge. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wawo witwa Faustin Nkurunziza yabwiye Taarifa ko iyo mibir...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko mu minsi 11 ishize, Leta y’u Rwanda yahaye abagizweho ingaruka n’ibiza ibiribwa bingana na toni 426. RBA yanditse ko kugeza ubu abantu bagera ku 20,000 bavanywe m by...
Mu mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu taliki 12, Gicurasi, 2023 muri imwe mu nzu ndende ziri Nyabugogo abantu 12 bahanutse ubwo basuhuza Perezida Kagame wari uhaciye ngo abasuhuze. Itangazo ryasohowe n’Ib...
Mu kiganiro yagiranye n’abaturage bo muri Rubavu bari baje kumwakira, Perezida Kagame yababwiye ko Guverinoma y’u Rwanda izakora uko ishoboye kose ikongera kububakira imibereho bahoranye mbere y’uko i...
Amakuru Taarifa ikesha abari mu Karere ka Rubavu aravuga ko hari imyiteguro yo kwakira Perezida Kagame Paul uri busure aka karere mu rwego rwo kwirebera ubukana bw’ibiza biherutse kwibasira aka Karere...
Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Rubavu witwa Dr Kabano Habimana Ignace yabwiye Taarifa ko Ildephonse Kambogo atari ashoboye. Avuga ko bagiriye Kambogo inama kenshi ariko arinangira. Dr. Kaban...
Amakuru Taarifa ifite aravuga ko inama njyanama y’Akarere ka Rubavu yanzuye ko Meya w’ako Ildephonse Kambogo yeguzwa. Bivugwa ko atujuje inshingano ze zo kurengera abaturage. Ni inkuru tugikurikirana&...
Ubwo abafundi basizaga ahagiye kubakwa urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruherereye mu Mudugudu wa Mareru, Akagari ka Nyamirago, mu Murenge wa Kanzenze muri Rubavu, bahabonye igisasu cya grenad...
Mu Mudugudu wa Buhuru, Akagari ka Byahi mu Murenge wa Rubavu hari umumotari uherutse gufatwa ari guha umupolisi ruswa ya Frw 4000 ngo areke kumuhanira ikosa yari amusanzemo. Umupolisi yarayanze. Motar...









