Guverinoma y’u Rwanda yamaganye ibyo yise ubushotoranyi bushingiye ku masasu yaturutse muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo agakomeretsa umuturage wo mu Murenge wa Cyanzarwe mu Karere ka Rubavu. It...
Ubutaka bw’Akarere ka Rubavu buri mu butaka bwera cyane imboga haba mu Ntara gaherereyemo n’ahandi mu Rwanda. Nk’uko bimeze no ku bindi bihingwa, imbuto nziza niyo ntandaro y’umusaruro muzima. Ikibazo...
Urukiko rw’ibanze rwa Rubavu kuri uyu wa Kane taliki 07, Nzeri, 2023 rwaburanishije abantu icyenda barimo batatu bahoze bayobora Gereza ya Rubavu baregwa ibyaha birimo iyicarubozo ryakorewe bamwe mu b...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwategetse ko gucukura umucanga muri Nyakiriba wajyanwaga gukorwamo sima biba bihagaritswe kubera ko aho bawucukuraga bahabonye imibiri myinshi. Abafite ababo bashyinguy...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Turere twa Rubavu na Rusizi yafatanye umugore inkweto n’imyenda bya magendu bifite ibilo 484. Umugore wafashwe aracyari muto kuko afite imyaka 27 y’amavuko, akaba yarafati...
Komisiyo y’amatora yatangaje ko Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yayisabye ko amatora y’abayobozi baherutse kuva mu myanya yari ateganyijwe vuba aha mu Karere ka Rubavu, asubikwa. Umunyamabanga nsh...
Umukuru w’u Rwanda akaba n’Umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda Paul Kagame yaraye aganiriye n’ubuyobozi bukuru mu nzego zishinzwe umutekano. Izo nzego ni ingabo z’u Rwanda, Polisi, Urwego rw’umutek...
Umugabo wari usanzwe ukoreshereza imodoka mu Mujyi wa Kigali aherutse kuyibwa n’umukanishi. Uwo mukanishi yayibiye Nyabugogo aza gufatirwa mu Murenge wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu yayikuyemo moteri n...
Mu Karere ka Rubavu haherutse gufatirwa umugabo wari ugiye gupakira ibipfunyika( amabalo) 15 by’imyenda ya caguwa mu modoka ngo ayijyane Kimisagara muri Nyarugenge. Yabonye afashwe ashaka guha abapol...
Nyuma yo guhabwa amakuru afatika, Polisi y’u Rwanda yafashe urumogi rungana n’ibilo 15 n’udupfunyika twarwo 2,494 mu bikorwa byakorewe mu turere twa Rubavu, Nyabihu na Burera. Abagabo babiri barimo ...








