PAC yavuze ko ubuyobozi bw’Ikigega gishinzwe kwita ku mihanda, (Road Maintainance Fund) bwatashye Imihanda kitasuzumiwe ubuziranenge ikemezwa ko ikomeye ariko ntitinde kwangirika. Ku ikubitiro iki kig...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubwikorezi, Rwanda Transport Development Authority, kivuga ko mu myaka 30 ishize u Rwanda rubohowe hakozwe imihanda ireshya na kilometero 2774; muri yo ingana na 60% y’...
Ishami rya Sosiyete ishinzwe iby’ingufu (REG) mu Karere ka Muhanga ryatangiye kurimbura amapoto y’amashanyarazi yari imaze umwaka ishinze. Ubuyobozi bwayo bwabwiye bagenzi bacu ba UMUSEKE ko bayakuye ...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubwikorezi Rwanda Transport Development Agency, RTDA, cyatangarije kuri X ko imirimo yo kubaka imihanda ihuza ibice by’Intara y’Amajyepfo mu Karere ka Muhanga n’iby’Intara y...
Ibyishimo ni byinshi ku baturage b’Umurenge wa Ruli muri Gakenke n’uwa Rongi muri Muhanga nyuma y’uko ikiraro cyambuka Nyabarongo giciye mu kirere cyuzuye. Kizabafasha guhahirana, kwivuza no gushyikir...
Nyuma y’uko ibiraro bibiri byahuzaga Akarere ka Muhanga n’Akarere ka Gakenke bisenywe n’ibiza, Guverinoma y’u Rwanda igeze kure yubaka ikiraro kinyura mu kiere kizahuza ibi bice byombi. Kigeze kuri 85...
Mu Murenge wa Cyato mu Karere ka Nyamasheke hari abaturage bavuga ko bagejeje ikibazo cyabo ku nzego zitandukanye bazibwira ko barenganye kuko babariwe agaciro k’imitungo ubwo bimurwaga ngo hubakwe um...
Uru ni urubanza ruregwamo umunyemari Uwemeye Jean Baptiste ufite ikigo yise ECOAT Ltd. Uyu munyemari yigeze gutsindira isoko ryo gusana umuhanda wa Muhanga- Karongi w’ibilometero 74 ariko ibye biza ku...
Guverinoma y’u Rwanda yasinyanye n’Ikigega cy’Iterambere cya Abu Dhabi amasezerano y’inguzanyo ya miliyoni $15 – ni hafi miliyari 15 Frw – azakoreshwa mu gusana umuhanda Rambura – Nyange. ...








