Abo mu Mushinga See Far Housing bavuga ko bufite umugambi munini wo kubaka inzu zikodeshwa mu Bugesera, muri Kicukiro, muri Muhanga, muri Rusizi no muri Rubavu zizuzura zifite agaciro ka Miliyari 30 ...
Umunsi umwe Perezida Paul Kagame yasuye kimwe mu bihugu byo mu Majyaruguru y’Afurika ajyanywe no gutsura umubano. Ageze yo yahabonye ikibuga gikoze neza cy’umukino wa golf, gifite agaciro ka miliyoni ...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubwiteganyirize, RSSB, cyashinjwe gushora amafaranga menshi mu mishinga itizwe neza, bikarangira iguye mu bihombo kandi bigaruka kuri Leta. Imwe mu mishinga igarukwaho ni iy’inyuba...


