Regis Rugemanshuro uyobora RSSB yasabye abakozi bifuza kuzahabwa ubwishingizi bwa RAMA igihe bazaba batagikora bamaze gusaza gutangira kubyizigamiramo bakiri mu kazi bakirinda kuzabyaka baramaze kukav...
Batamuriza Faith uyobora Urwego rw’ubwizigame muri Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko ubwizigame bw’Abanyarwanda bugeze kuri 48%, umubare ukiri muto. Avuga ko nubwo ari uko bihagaze, muri rusange iki...
Perezida Paul Kagame yasabye ubuyobozi bwa RSSB gukorana vuba n’ibitaro bya Faysal bugakemura ibibazo by’amikoro bihari. Hari mu ijambo yagejeje ku bari baje kuwitabira umuhango wo gushyira ibuye ry’i...
Ubuyobozi bwa RSSB buvuga ko mu gihe kiri imbere bugiye gutangiza uburyo bwo kumenyesha umukozi ko atazigamiwe bityo ahaguruke abiharanire. Ni mu rwego rwo gufasha n’abakoresha ahari icyuho mu micungi...
Ubuyobozi bwa RSSB bwabajijwe n’Abadepite ba PAC impamvu mu mibare yabwo y’ibanze yerekanaga ko buzubaka inzu zigezweho zigize Batsinda II kuri miliyari Frw 15.5, ariko umugenzuzi w’imari ya Leta aga...
Urwego rw’igihugu rw’ubwizigamire, RSSB, ruri gutekereza uko abaturage bahabwa uburyo bwo kujya biteganyiriza binyuze kuri telefoni cyangwa banki zabo ‘byikoze.’ Abahanga b’iki kigo bavuga ko byaba ub...
Urwego rw’igihugu cy’ubwiteganyirize, RSSB, rwatangaje ibyavuye mu bikorwa byarwo mu mwaka wa 2022/2023. Imibare y’iki kigo ivuga ko amafaranga yose abizigamiye bakibikije ingana na miliyari Frw 352 ...
Mu Kagari ka Bunyetongo, Umurenge wa Murama mu Karere ka Kayonza hari abaturage babwiye itangazamakuru ko bahaye ubuyobozi bw’Akagari kabo amafaranga ngo bubishyurire ubwisungane mu kwivuza ariko arik...
Taliki 05, Nzeri, 2022, Ubugenzacyaha bwataye muri yombi abakozi bane barimo abakorera RSSB n’Umuyobozi Mukuru w’Ibitaro bya Mibirizi witwa Dr Nzaramba Théoneste. Abandi bafatanywe na Dr Nzaramba ni ...
Mu rwego rwo gufasha abaturage gutura mu nzu zisa neza kandi zidahenze, hari gahunda y’uko mu mwaka wa 2028 hazubakwa inzu 700,000. Muri zo 70% zigomba kuba ari inzu zidahenze k’uburyo Umunyarwanda uf...









