Abakozi b’Urwego rw’igihugu rutsura ubuziranenge, RSB, basuye batunguye abakora kuri imwe muri sitasiyo zo mu Murenge wa Bwishyura mu Karere ka Karongi babasaba kubereka uko gaze na lisansi bahacuruza...
Aborozi b’amafi bakorera ikigo kitwa Kivu Choice bavuga ko aho batangiriye korora amafi kijyambere bagize umusaruro watumye amafaranga yinjira mu ngo zabo yiyomgera. Bororera amafi mu Kagari ka ...
Hari abacuruzi bavuga ko iyo ibicuruzwa bisabwe gucishwa mu bigo bitandukanye ngo bisuzimirwe ubuziranenge, bituma bitinda kwemererwa gushyirwa ku isoko, bigakerereza umucuruzi ndetse n’umuguzi bikamu...
Hari ababyeyi babura Frw 975 yo kugurira abana imboga zo kurira ku ishuri muri gahunda ya School Feeding bagahitamo kujyayo bakazihinga nk’ingurane. Bamwe muri bo ni abo mu Karere ka Kayonza na ...
Umuyobozi wa Groupe Scolaire Saint Joseph Rasaniro mu Karere ka Nyaruguru witwa Oswald Kubwimana avuga ko bazibukiriye gushyira hasi imifuka ihunitse ibiribwa bigaburirwa abana. Basanze bituma bizamo ...
Hirya no hino mu Rwanda hari abacuruzi b’ifu y’imyumbati cyangwa b’akawunga birengagiza ko iyo bacuruza irimo agahuyu bakayigurisha mu bigo by’amashuri. Ni ikosa baba bakoze kuko, nk’uko RSB ibyemeza,...
Umukozi w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe gutsura ubuziranenge yaraye afatiwe mu cyuho yakira ruswa ya Miliyoni Frw 25 yari ahawe ngo agire ibyangombwa aha uwayimuhaye. Uwafashwe yitwa Valens Uwitonze akab...
Byavugiwe mu muhango wo guhemba abakora mu ruhererekane nyongeragaciro rw’ibiribwa no mu mahoteli nyuma y’isuzuma ry’imikorere yayo. Bahawe ibyemezo bishimangira ko ibyo bakora byujuje amabwiriza y’ub...
Byemezwa na Dr Hermogène Nsengimana usanzwe ari Umunyamabanga Mukuru w’Ikigo cy’Ubuziranenge muri Africa. Kuri uyu wa Kane yaganiriye n’abayobozi b’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubuziranenge...








