Abapolisi bo mu ishami rishinzwe kurwanya ubucuruzi bwa magendu n’ibindi byaha (ASOC) bafashe abagabo babiri barimo uw’imyaka 38 n’undi wa 35, bafite inzoga 387 zitandukanye zo mu bwoko bwa likeli (li...
Perezida Paul Kagame yashimye abatanga imisoro neza kuko bifasha mu guteza imbere igihugu, anakebura abayikwepa kandi bafite ibikorwa bikwiye kuba biyitanga. Kuri uyu wa Gatanu nibwo habaye umuhango w...
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyagobotse abacuruzi batanu bo mu Karere ka Rubavu, bagizweho ingaruka n’imitingito y’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo yangije ibicuruzwa byabo. Ni abacuru...
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyatangaje ko mu Ntara y’Iburasirazuba hakusanyijwe amafaranga aturuka mu misoro n’andi atari imisoro angana na miliyari 35.7 Frw, ku ntego ya miliyari 33.6 Frw ...
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro, RRA, cyatangaje ko mu mwaka w’isoresha wasojwe ku wa 30 Kamena cyakusanyije miliyari 1643.3 Frw, kigera ku ntego cyari cyahawe ku gipimo cya 103.3%. Kuri uyu Kane nibwo Kom...
Kuva mu myaka yo hambere ivugwa muri Bibiliya, ijambo “abasoresha” ryakunze kuvugwa kwinshi, ntirihuzwe n’imigirire ya buri munsi y’abakora uyu murimo cyangwa inyungu ufitiye igihugu. Mu gihe cya none...
Abasoreshwa b’Abanyarwanda baragirwa inama yo kwirinda gutinda kumenyekanisha umusoro no kuwutangira igihe kuko iyo bitagenze uko, abatarabikurikije bahura n’ibibazo birimo amande cyangwa gufungirwa u...
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yemeje ko inama y’abaminisitiri yabaye isubitse izamurwa ry’umusoro w’ubutaka ryari rikomeje kutavugwaho rumwe, muri uyu mwaka hakazishyurwa imi...






