Umunyamerikakazi ukomoka mu birwa bya Barbados witwa Rihanna yapfushije Se witwa Ronald Fenty wari ufite imyaka 70. Kuri uyu wa Gatandatu Tariki 31, Gicurasi, 2025 nibwo uyu mubyeyi yapfiriye mu Murwa...
Umunyamerika Rihanna aherutse kuyora akayabo mu gito gito cyane. Ayo ni amafaranga angana na miliyoni € 5 ni ukuvuga miliyoni $6.33 yakoreye mu gihe cy’isaha imwe n’iminota 30. Ni amafaranga abantu b...
A$AP Rocky niwe mugabo wa Roihanna Umunya Barbados wamamaye cyane kubera umuziki akorera muri Amerika. Ubu Rihanna bakunze guhina bakita Rih ari mu byishimo we n’umugabo we ko yasamye inda. Rih yabwiy...
Indirimbo Lift Me Up ya Rihanna niyo iri guca ibintu mu masaha make ashize ayirekuye. Abafana be ibyishimo ni byose kubera uyu mugore uherutse no kwibaruka imfura ye yabyaranye n’umuraperi A$AP Rock...
Abafana ba Rihanna banenze umugabo we witwa A$AP Rocky kuko ngo yamuciye inyuma muri ibi bihe uyu muririmbyi atwite inda y’imvutsi. Icyakora yaba Rihanna yaba na A$AP ntawe uragira icyo abivugaho. Aba...
Umuhanzi akaba n’umunyamideli ukomeye Rihanna aratwite. Agiye kwibaruka umwana we w’imfura hamwe n’umuraperi A$AP Rocky Rihanna w’imyaka 33 hamwe n’umukunzi we bafotowe mu mpera z’icyumweru gishize mu...





