Mu rwego rwo gufasha ibigo na za businesi kumenyekanisha ibikorwa byabyo kuri murandasi, Ikigo RICTA( ni ikigo kitari icya Leta) cyatangije uburyo bwo kugabanyiriza abantu igiciro kuri serivisi yo kw...
Uburyo bwo kwandikisha izina ry’ikigo kuri murandasi ni intambwe y’ingenzi ku bantu bose bifuza kugira urubuga kuko igisabwa atari kurihitamo no kuryishyura gusa. Inzira yo kwandikisha urubuga ikubiye...
Inama itangwa n’ikigo gifite mu nshingano kubungabunga indangarubuga ya .rw ku bakoresha murandasi mu bikorwa bya buri munsi, RICTA, ivuga ko abakoresha indangarubuga nka .com ni izindi zinyuranye ba...
Mu Mujyi wa Kigali hateraniye inama yahuje ibigo bya Leta n’iby’abigenga bifite aho bihuriye n’ikoranabuhanga yateguwe n’Ikigo gikwiza ikoranabuhanga RICTA yatangirijwemo ikoranabuhanga bise RINEX. Ri...



