Rayon yatanze ikirego mu Rwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) irega ikigo cyahawe isoko ryo gucuruza amatike ku mikino yakinwe muri Shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda igishinja kwinjiza abafa...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwafunze umuyobozi w’Ihuriro ry’abafatanyabikorwa b’Akarere ka Kirehe( JADF) rukumurikiranyeho icyaha cyo guhoza ku nkeke uwo bashakanye. Bivugwa ko ari ibikorwa yat...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rusaba Abanyarwanda kujya bitaza gato umumotari mbere yo kumwishyura bakoresheje telefoni kuko bari bamwe bazishikuza bakiruka. Ni umuburo Umuvugizi wa RIB yah...
RIB yatanye muri yombi abakozi umunani bo mu nzego za Leta nyuma y’ igihe ibakoraho iperereza ku byaha byo kwiba no kugurisha ibizamini by’akazi. Abo bakozi barimo abagenzuzi b’imari(internal auditors...
Perezida w’Urukiko rw’ikirenga Dr. Faustin Ntezilyayo avuga ko u Rwanda aho rugeze kandi rukaba rukiyubaka mu nzego zirimo n’ubutabera, ubutabera bwarwo butazihanganira abayobya abandi. Yabivuze ubwo ...
Mu rukiko rw’Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba hari itsinda ry’Abanyarwanda barenga 150 baherutse kurega Guverinoma y’u Rwanda ko Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rwabafunze mu buryo budaku...
Mu Murenge wa Kabaya muri Ngororero haravugwa inkuru y’ababyaza babiri baherutse gutabwa muri yombi na RIB bakurikiranyweho gukomeretsa umwana wavukaga babonye apfuye baratoroka. Byabereye mu bitaro b...
Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha Col( Rtd) Jeannot Ruhunga yabwiye abaje mu gikorwa cyo kurangiza ubukangurambaga mu kurwanya icuruzwa ry’abantu ko icuruzwa ry’abantu ari igik...
Taliki ya 21, Mutarama, 2024, nibwo RIB yafunze Kabera Vedaste, wari umuyobozi ushinzwe imiyoborere myiza mu Ntara y’Amajyepfo. Akurikiranweho guha ruswa umugenzacyaha wakurikiranaga dosiye aregwamo n...
K’ubufatanye n’izindi nzego, nyuma y’igihe bakorwaho iperereza, RIB yafunze abantu batatu barimo Harerimana Mutien Marie wari Enjeniyeri. Yafashwe akekwaho gucura no gukoresha icyangombwa ...









