Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kwita ku bagore, UN WOMEN, batangije amahugurwa agenewe abaforomo kugira ngo b...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rweretse itangazamakuru abasore ruvuga ko rwabafatanye telefoni bibaga abaturage. Ni abasore batanu kandi ubona ko bakiri bato. Iyi operation ije ari iya kabiri nyuma y’u...
Ubugenzacyaha buvuga ko bwafunze Vital Gasagure usanzwe ushinzwe ibikorwa remezo mu Karere ka Kirehe akurikiranyweho ruswa ya Frw 500,000. Yafunganywe n’uwo RIB yita icyitso witwa Sindikubwabo ...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwafunze abakozi barwo babiri bakoreraga ahitwa Ngarama muri Gatsibo. Bakurikiranyweho ibyaha bifite aho bihuriye na ruswa. Mu gisa na operation yagiye ...
Depite Eugene Barikana yatawe muri yombi na RIB imikurikoranyeho gutunga intwaro mu buryo butemewe n’amategeko. Umuvugizi wa RIB Dr. Thierry. B Murangira avuga ko uyu mugabo wari Umudepite mu Nt...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwataye muri yombi abantu batandatu bavugwaho gukoresha imbuga nkoranyambaga mu kuvuga iby’urukozasoni. Ibyaha bakoze byitwa ‘ icyaha cyo gus...
Mu Murenge wa Nyange mu Karere ka Ngororero haravugwa inkuru y’umwarimu ufunganywe n’abantu batanu, akurikirakiranyweho kwica uwo babyaranye wamusabaga indezo. Ubugenzacyaha bwatangaje ko bwabafunze m...
Semana Ishimwe Kevin uzwi nka Ish Kevin mu buhanzi avuga ko agiye kujyana mu butabera ibinyamakuru byanditse ko asangira ibyibano n’amabandi. Yavuze ko abo bafashwe bakamuvuga, ntaho ahuriye nabo. Ubw...
Ubugenzacyaha bw’u Rwanda bwafashe abagabo buvuga ko babeshyaga abantu ko bazagaruza ibyo bibwe binyuze mu gukoresha imbaraga zidasanzwe. Mu bafashwe harimo n’umunyamahanga nk’uko RIB yabitangaje. Abo...
Urwego rw’Ubugenzacyaha rwafashe bamwe mu basore bakurikiranyweho gushikuza abantu amasakoshi. Bafatiwe mu bikorwa bitandukanye byo kubahiga byabereye hirya no hino mu Rwanda. Abagize ako gatsiko bavu...









