Umuyobozi w’ibitaro bya Gakoma byo mu Karere ka Gisagara yatawe muri yombi akekwaho kwica umwana w’imyaka umunani yareraga. Ganza Lyanne yari umwana w’imyaka umunani wigaga mu mwaka wa Gatatu w’amashu...
Abantu bataramenyekana bo mu Karere ka Nyamasheke biraye mu rutoki rw’umuturage batemamo insina 102, bamena n’ibirahure by’inzu ye. Bivugwa ko babikoze mu mpera z’Icyumweru gishize ubwo urutoki rwa Je...
Mu mpera z’Icyumweru gishize mu Murenge wa Jali mu Karere ka Gasabo ahitwa Nyakabungo havuzwe inkuru y’umugore witwa Mukabalisa watemesheje icupa rya Mützig umugabo we mu mutwe. Mu bihe bitandukanye ...
Ubugenzacyaha buvuga ko abantu barindwi iherutse gufata bashaka kwiba miliyoni Frw 100, abakozi b’uru rwego bari bamaze iminsi babagenda runono. Kuri uyu wa Kane nibwo yeretse itangazamakuru batandatu...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abantu barindwi barimo Abanyarwanda n’abanyamahanga rukurikiranyeho kwiba miliyoni Frw 700 mu buryo bw’ikoranabuhanga. Uru rwego ruri kw...
Bishop Rugamba Albert yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB akurikiranyweho gutanga sheki itazigamiye. Byemejwe n’Umuvugizi w’uru rwego Dr. Thierry Murangira. Ati: “Nibyo k...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abarimu babiri hamwe n’umunyeshuri bo muri Kaminuza yigisha ubukerarugendo, UTB ishami rya Rubavu bazira kwaka ruswa ngo batange amanota. RIB ivuga ko ...
Urwego rw’ubugenzacyaha rwafunze umuyobozi mu Karere ka Ngororero wari usanzwe ushinzwe ibikorwaremezo, imyubakire n’ubutaka mu Karere ka Ngororero ndetse n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa...
Umuyobozi w’ishuri n’umuzamu waryo batawe muri yombi bakekwaho kwiba ibiryo by’abanyeshuri. Bombi bakoreraga ikigo cy’amashuri abanza cya Nyakabuye mu Karere ka Nyanza. Amakuru avuga ko bafashwe mu m...
Urwego rw’ubugenzacyaha rwasubije umucuruzi witwa Ishimwe Fridia miliyoni Frw 5 yari yaribwe. Uvugwa ko ari we wayibye ni umuzamu we kandi ubugenzacyaha bwatangaje ko bwasanze hari miliyoni Frw 1 yari...









