Umunyamabanga mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (Rtd)Col Jeannot Ruhunga yabwiye abagenzacyaha bo mu Karere ka Gakenke ko bagomba kujya bacumbura bakamenya impamvu zituma ibyaha bikorwa kugi...
Ikibazo cy’irigiswa ry’ifumbire n’amafaranga yayigenzeho mu turere twinshi tw’u Rwanda cyatangiye muri 2007. Kuva icyo gihe kugeza ubu abantu bafunzwe ni ba rwiyemezamirimo ariko nta mukozi mu kigo ru...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha bwataye muri yombi umukozi w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere uburezi rumukurikiranyeho kwakira ruswa ruvuga ko yahawe n’umwe bakandida bashakaga kuba abarim...


