Abanyarwanda baba mu Rwanda no hanze yarwo bavuga ko Umukozi muri East African Community witwa Daniel Murenzi akaba ari Perezida wa Diaspora Nyarwanda ku rwego rw’Isi yabatekeye umutwe bamuha amafaran...
Mu masaha y’umugoroba kuri uyu Wa Gatatu tariki 06, Mutarama, 2021 nibwo Ubushinjacyaha bwarekuye umunyemari Paul Muvunyi wari umaze iminsi afunganywe n’abandi barimo (Rtd) Col Eugene Ruz...
Umuryango wagurishije isambu n’umunyemari Paul Muvunyi watangarije Taarifa ko ntacyo umushinja kandi ko batazi abamurega guhimba sinya icyo bashingiraho. Batubwiye ko nta n’umwenda abarimo...
Twamenye ko mu Mudugudu wa Mukoni, Akagari ka Kamashashi mu Murenge wa Nyarugunga mu Karere ka Kicukiro hari umubiri wataburuwe bigizwemo uruhare na Mukundwa Theophile nyuma yo kwishyurwa Frw 110 000....
Umugabo witwa Jerôme Tumusifu yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rumukurikiranyeho gukubita uwitwa Etienne Musabyemahoro w’imyaka 15 bikamuviramo urupfu. Abamuzi babwiye Taarifa ko...
Nyuma y’uko dusohoye inkuru ivuga ku iperereza twakoze ku cyatumye ubugenzacyaha bufunga umunyemari Paul Muvunyi, RIB yatubwiye ko akurikiranyweho guhimba sinya (signature, impapuro mpimbano) y’umwe m...
Ubwo haburaga amasaha make ngo Abanyarwanda bizihize ivuka rya Yezu nibwo umunyemari Paul Muvunyi yatawe muri yombi. Afungiwe kuri stasiyo ya Polisi i Remera. Taarifa yaperereje imenya icyo afungiwe. ...
Raporo yakozwe n’inzego za Leta zirimo n’iz’ubugenzacyaha yagaragaje ko Minisiteri y’ubuhinzi yahaye uturere ifumbire kugira ngo tuyihe abahinzi kandi dukurikirane uko izashyurwa. Iyaburiwe irengero ...
Assistant Commissioner of Police (ACP) Rose Muhisoni avuga ko kuba muri iki gihe imibare y’abahohoterwa yiyongera bidashingiye cyane k’ukuba abagore n’abakobwa bahohoterwa cyane ahubwo bishingiye k’u...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rufatanyije na Polisi y’u Rwanda n’Umujyi wa Kigali kuri uyu wa Gatatu bemennye ikinyobwa gisindisha ariko kiri mu bisindisha bikomeye kitwa Ethanol. Igikorwa cyo ku...









