Mu mezi ane ashize abantu 45 mu Rwanda batawe muri yombi bakurikiranyweho gukoresha ikoranabuhanga bakiba abantu $ 305.000, ni ukuvuga Miliyoni Frw 432 zisaga. Abo bafatiwe mu mukwabo mpuzamahanga wak...
Mu gihe habura igihe gito ngo u Rwanda n’isi muri rusange bibuke Jenoside yakorewe Abatutsi, Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rukomeje gusaba abaturage kwirinda ingengabitekerezo yayo. Kuri u...
Muri Nyanza haravugwa umuyobozi w’ikigo cy’ishuri ukurikiranyweho kunyereza ibiribwa bigenewe abo ashinzwe kurera. Yari asanzwe akorera mu Kigo cy’amashuri cya Kibirizi, ahitwa Ecole Sécondaire Kibir...
Abakozi b’Ishami rya RIB rishinzwe gukumira ibyaha babwiye abatuye Umurenge wa Jali mu Karere ka Gasabo ko Ingengabitekerezo ya Jenoside ari mbi kuko isenya ubumwe bw’Abanyarwanda kandi ih...
Amakenga make ari mu bituma abatekera abantu imitwe bakabiba ibyabo babona ibyuho nk’uko abakozi ba RIB babitangaza. Niyo mpamvu batangiye ubukangurambaga busaba abaturage kujya bashishoza, bakamenya ...
Abakozi b’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, batangije ubukangurambaga bwo kwibutsa abantu ububi bw’ingengabitekerezo ya Jenoside, uko igaragara n’amategeko ayihana. Byakozwe mu rwego rwo kubate...
Nyuma y’iminsi batazi irengero rya Gatanazi Havugimana, baje gusagna umurambo we mu bwiherero buri mu Mudugudu uturanye n’uwo yari atuyemo. Uyu mugabo w’imyaka 34 y’amavuko yari asanzwe abana na mushi...
Nyuma yo kwakira ikirego cyatanzwe n’umubyeyi wabyariye mu bitaro bya Masaka, RIB yaperereje ifata umugore w’imyaka 36 ukekwaho gushimuta abana b’abandi abakuye muri ibi bitaro akabita abe. Mu ijoro ...
Mu rwunge rw’amashuri rwa Mutongo ruri mu Murenge wa Mururu mu Karere ka Rusizi haravugwa abanyeshuri babiri baherutse gufungwa bakurikiranyweho ibyo abanyamategeko bita ‘ubwinjiracyaha mu cyaha’ cyo ...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, ruvuga ko nyuma yo kumenya amakuru y’urugomo ruvugwa mu mutwe w’iyi nkuru, rwatangiye iperereza ruta muri yombi abasore n’inkumi b’Abanyarwanda bari mu bikorwa byo ...









