Abagenzacyaha kuri uyu wa Mbere bageze mu rugo rwa Dr Kayumba Christopher, mu iperereza bakomeje gukora ku byaha ashinjwa byo gushaka gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umukobwa yigishaga muri...
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) kuri uyu wa Kabiri rwahase ibibazo Dr. Kayumba Christopher wahoze ari umwalimu muri Kaminuza y’u Rwanda, ku byaha ashinjwa byo gushaka gukoresha imibonano mpu...
Dr Kayumba Christopher wahoze ari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda yahamagajwe n’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), mu iperereza ku birego by’umukobwa yigishaga umushinja ko yashatse kumukoresha imibonan...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rumaze guta muri yombi abantu bane barimo uwitwa Nkusi Jean Bosco, bakurikiranyweho ibyaha by’ubujura bwifashishije ibikangisho no kwiyitirira ur...
Umugabo wo mu Karere ka Ngororero yatawe muri yombi akurikiranyweho ibyaha birimo guhohotera umwana we w’imyaka itatu amukubise urutsinga. Uwo mugabo kuri uyu wa Gatanu yabwiye itangazamakuru ko...
Umukobwa wigishijwe na Dr Kayumba Christopher muri Kaminuza y’u Rwanda yamushinje ko yamusabye ko baryamana, yabyanga undi akagerageza kubimukoresha ku gahato ubwo bari iwe mu rugo. Ni ibirego byashyi...
Umwe mu bakozi ba Minisiteri y’ibidukikije aherutse gutabwa muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rumukurikiranyeho kwakira ruswa. Umuvugizi warwo Bwana Dr Thierry B. Murangira yabwiye...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha bwataye muri yombi Umupadiri wo muri Paruwasi ya Ntarabana muri Diyoseze ya Kabgayi bumukurikiranyeho icyaha cyo gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 17. Ubutumwa b...
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha Dr Thierry B Murangira mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri yabwiye Taarifa ko bahamagaje Daniel Murenzi n’abandi bavugwa mu idosiye yo gukoresha nabi amafa...
Kuri uyu wa Kane ubwo hamurikwaga ubushakashatsi kuri ruswa nto (Rwanda Bribe Index), Umuyobozi wa Porogaramu muri Transparency International Rwanda witwa Albert Rwego Kavatiri yatangaje ko muri uyu m...







