Itsinda ry’abasenateri bo muri Zimbabwe bari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itanu. Ku ikubitiro baganiriye na Polisi y’u Rwanda ariko mu masaha ya nyuma ya saa sita bakaza kuganira n’Urwego rw’igih...
Ubwanditsi bwa Taarifa bufite amakuru yizewe avuga ko umusizi Innocent Bahati wari umaze iminsi arangishwa n’itangazamakuru ry’i Burayi ko yaburiwe irengero, yavuye mu Rwanda akajya muri Uganda. The G...
Umwe mu bakozi bo mu Rukiko rw’Ikirenga yafashwe n’abagenzacyaha ari kwakira ruswa ya Miliyoni 1.4 akaba yari ay’ibanze( avance) kugira ngo atangire igikorwa cyo kuzatuma uwo muburanyi atsinda binyuze...
Hashize amasaha macye Ikinyamakuru cyo mu Bwongereza cyitwa The Guardian gitangaje ko hari abantu 100 biganjemo abanditsi n’abandi basaba Perezida Paul Kagame kugira icyo akora umusizi witwa Innocent...
Itangazo ryasohowe n’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha rivuga ko bidatinze, abakozi barwo bazajya bagaragara mu kazi bambaye impuzankano. Umuvugizi w’uru rwego mu kiganiro kihariye yahaye Taarifa yav...
Abakozi b’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, bahawe umwenda uzajya ubaranga mu kazi. Ku rundi ruhande ariko, hari abandi bazajya batayambara ariko bakereka uwo bagiye gukorana ikarita ibaranga....
Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha rwabwiye Taarifa ko hari impamvu zikomeye zituma bikekwa ko hari abantu bagize uruhare mu rupfu rw’umwana w’umukobwa w’imyaka itanu witwa Akeza Elisie Rutiyomba uher...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, butangaza ko 4.5% by’amadosiye y’abo rukurikiranyeho ibyaha byakozwe hagati y’umwaka wa 2018 kugeza mu mwaka wa 2021 bagishakishwa. Hagati aho 61,3% by’abantu ...
Minisitiri w’Umutekano Alfred Gasana yagejeje ku badepite Umushinga w’ivugururwa ry’itegeko rigenga Polisi y’u Rwanda (RNP), uteganya ko izahabwa ububasha bwuzuye bw’ubugenzacyaha ku byaha bijya...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rurashakisha umugabo witwa David Hategekimana ukekwaho gukubita no gukometsa umugore we witwa Consolée Ingabire. Amakuru dufite ni uko uriya mugabo yakubise agakome...









