Uwihoreye Jean Bosco Mustafa wamenyekanye ku izina rya Ndimbati yitabye Urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge abwirwa ibyo ubushinjacyaha bumurega. Yari agiye kuburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agategany...
Mu Kagari ka Kivumu, Umurenge wa Gisenyi, mu Karere ka Rubavu haherutse gufatirwa abagabo batatu, Polisi ivuga ko bari bibye Umutaliyani Frw 350,000. Uyu mugabo yahamagaye Polisi ayibwira ko abantu ba...
Abazi ururimi rw’amarenga batangiye kwigisha abaganga uru rurimi. Ni ururimi rutaremerwa n’Itegeko nshinga ry’u Rwanda ariko rwifuzwa kwigishwa mu rwego rwo gufasha abafite ubumuga bwo kutavuga no kut...
Urwego rw’ubugenzacyaha rwasabye abaturage bo mu Tugari tw’Umurenge wa Cyabakamyi abakozi barwo baherutse gusura kwirinda icyakurura amakimbirane ashingiye ku mitungo kuko akunze kuba intandaro y’urug...
Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Umukinnyi wa Filimi nyarwanda wamamaye ku izina rya Ndimbati. Umuvugizi w’uru rwego yabwiye Taarifa ko uriya mugabo akurikiranyweho gusamba...
Mu ngendo barimo zo kwegereza serivisi abitaruye stations z’Urwego rw’ubugenzacyaha kubera ubunini bw’Imirenge yabo, abakozi b’uru Rwego baraye basabye abayobozi mu nzego z’ibanze ndetse n’abatu...
Abatuye Akagari ka Kadaho Umurenge wa Cyabakamyi mu Karere ka Nyanza bavuga ko bakoresha amasaha atanu bajya ku rwego rw’ubugenzacyaha bubegereye kugira ngo barugezeho ibirego. Umwe mu bagabo bakoresh...
Ubwo yatangizaga amahugurwa agenewe abagenzacyaha mu rurimi rw’amarenga, Umunyamabanga Mukuru wungirije w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB , Isabelle Kalihangabo yavuze ko n’ubwo abakozi ba ru...
Abaturage bo mu Murenge wa Kibirizi Akagari ka Mututu bishyiriyeho uburyo bazajya baganira ku bibazo birimo ibishingiye ku butaka bakabicyemura bitabaye ngombwa ko bajya mu nkiko. Ku rwego rw’Umudugud...
Umuturage wo mu Karere ka Gakenke Umurenge wa Kivuruga witwa Twahirwa yabwiye Taarifa ko hari bagenzi be badashobora kugeza ibibazo by’ihohoterwa cyangwa ibindi byaha bakorewe ku nzego z’ubugenzacyaha...









