Umunyamabanga mukuru wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Madamu Isabelle Kalihangabo yakiriye abagenzacyaha baturutse mu Birwa bya São Tomé et Príncipe baje kuganirizwa uko u Rwanda r...
Ubugenzacyaha bwataye muri yombi Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’imiyoborere wungirije imukurikiranyeho icyo ibyaha by’ubwambuzi bushukana no gukoresha inyandiko mpimbano. Amakuru dufite avuga ko uri...
Hari abanyamuryango za Koperative zimwe na zimwe zo mu Rwanda bavuga ko hari umutungo babikije Koperative zabo ariko ntibamenye irengero ryawo. Ubuasanzwe abantu babitsa za Koperative bagamije ko umu...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rwafashe abagabo babiri rukurikiranyeho ibyaha bibiri ari byo gukwiza ibihuha no kwiyitirira umwirondoro. Ubugenzacyaha bw’u Rwanda buvuga ko bidakwiye ko umun...
Mu rwego rwo kuburira abantu ku byaha bibugarije, Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, ishami ryo gukumira ibyaha n’ubushakashatsi, rwaraye ruganirije abanyeshuri bo mu Murenge wa Nemba, mu Karere...
Amakuru Taarifa ifite avuga ko uwabaye Miss w’u Rwanda mu mwaka wa 2017witwa Elsa Iradukunda yatawe muri yombi n’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha. Ntituramenya mu by’ukuri icyo akurikiranyweho ariko...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rutangaza ko Akarere ka Nyagatare kari mu twa mbere mu Rwanda tugaragaramo icyaha cyo gusambanya abana. Byatangajwe n’Umukozi w’uru rwego RIB witwa Jean Claude Ntire...
Umwe mu banyamakuru wari uri mu kiganiro nyunguranabitekerezo cyateguwe n’Ihuriro ry’abanyamakuru b’abagore n’abandi bafatanyabikorwa yabajije uwari uhagaririye Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha impa...
Urwego rw’Ubugenzacyaha rwakomereje ubukangurambaga bwo kwirinda ibyaha mu Karere ka Bugesera mu Kigo cy’amashuri cy’abakobwa kitwa Gashora Girls Academy kiri Mu Murenge wa Gashora. Umunyamabanga muku...
Abanyeshuri bo mu Rwunge rw’amashuri rya Kagarama mu Karere ka Kicukiro bavuga ko iyo ingimbi cyangwa umwangavu adashishoje, ashobora kugushwa na mugenzi we mu byaha bihanwa n’amategeko. Babivuze nyum...









