Mu Murenge wa Kibirizi mu Karere ka Nyanza yaravugwa inkuru y’Umuyobozi w’Akagari ka Rwotso witwa Masengesho wemereye abaturage basanzwe bishoboye kujya gufata amafaranga yagenewe abatishoboye bakaya...
Umukuru w’Umudugudu wa Kigoma, Akagari ka Kigoma, Umurenge wa Jarama mu Karere ka Ngoma witwa Faith Mukantazinda avuga ko mu Mudugudu we hari abana bahura n’ihohoterwa ryo kwimwa n’ababyeyi babo ibyo ...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rurasaba Abanyarwanda n’undi wese wabona abantu babiri yasohoye amafoto yabo ko yabiyimenyesha cyangwa akabimenyesha urwego rw’umutekano urwo ari rwo rwose bag...
Mu ruzinduko rw’iminsi ine barimo muri Singapore, Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza hamwe na mugenzi we uyobora RIB, (Rtd) Col Jeannot Ruhunga basinye amasezerano y’ubufatanye har...
Perezida wa IBUKA Nkuranga Egide avuga ko umugabo witwa Baharakubuye Jean uherutse gufatwa akekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi yari amaze igihe kirekire yiyoberanya akoresheje uburiganya...
Inzego z’iperereza za Repubulika ya Demukarasi ya Congo zivuga ko hari amakuru yizewe zifite avuga ko hari abarwanyi benshi ba ADF bava mu bihugu bituranye na DRC bari kuhinjira. Bamwe bahageze mu min...
Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abagabo batatu barimo Frederick Bizimana usanzwe ari umukozi mu Kigo cy’Igihugu cy’Imiturire (Rwanda Housing Authority), Bwana Jonas Niyon...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, narwo rwitabiriye Imurikagurisha mpuzamahanga ribaye ku nshuro ya 25. Umuvugizi warwo Dr. Thierry B.Murangira avuga ko kumurikira abaturage serivisi RIB itanga...
Abahinze igihingwa kitwa Chia seeds b’i Nyanza, Kayonza na Ngoma, bavuga ko bahombejwe no guhinga Chia Seeds bizezwa ko umusaruro wacyo uzashakirwa isoko none ikizere cyaraje amasinde! Bari baragiran...
Abagabo babiri bakorera Banki ya ECOBANK batawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) nyuma yo kubafatira mu cyuho bakira ruswa ya Miliyoni enye n’igice (4.500,000 Frw). Amakuru twamenye ni uko ...









