Taarifa yamenye ko hari abantu benshi bafunzwe bakurikiranyweho kwiba abakiliya ba MTN amafaranga binyuze mu ikoranabuhanga. Ni ikoranabuhanga abita ‘hacking’ rituma umujura cyangwa undi m...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwafashe umugabo wari ukuriye uru rwego ku rwego rw’umujyi wa Kigali rumukurikiranyeho kwakira cyangwa kwaka indonke. Hari no kwihesha ikintu cy’undi. Niwe muyobozi ...
Aurore Kayibanda Mutesi wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2012 aherutse gukora ikosa umuntu adashobora gutekereza ko ryakorwa n’umukobwa nkawe! Yasize $10,000 mu modoka arakinga arigendera aza k...
Ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe kurinda ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa mu Rwanda bwatangaje ko ikibazo cy’imiti itujuje ubuziranenge gikomeje kugaragara mu Rwanda n’ubwo hakorwa ibishoboka ngo ikumirwe...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buherutse gusaba ko ibyo guteza cyamunara y’umuryango ufite abana umunani(8) biba bihagaritswe kubera ko kuyiteza cyamurana byateza ibibazo kurushaho. Iyo nzu ir...
Umuraperi Danny Nanone( amazina ye bwite ni Ntakirutimana Danny) kuri uyu wa Mbere Taliki 19, Nzeri, 2022 yaraye atawe muri yombi n’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha akurikiranyweho gukubita no gukom...
Abagize itsinda ry’abagenzacyaha babwiye bamwe mu baturage bo mu Karere ka Muhanga ko n’ubwo bakwiye[abo baturage] guhabwa serivisi nziza ariko n’abo bagomba kujya bemera ibyemezo by’inzego ku bibazo ...
Umugenzuzi mu Rwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Bwana Modeste Mbabazi yabwiye bamwe mu baturage b’Akarere ka Nyabihu bari baje mu muhango wo gutangiza ‘ukwezi’ kwahariwe ibikorwa bya...
Minisitiri w’Ubutabera Dr Emmanuel Ugirashebuja yabwiye abagenzacyaha bari barangije amahugurwa y’ibanze mu by’ubugenzacyaha ko ibyaha byugarijwe u Rwanda muri iki gihe ari byinshi ariko ibigaruka ken...
Mu Karere ka Musanze ahari ikigo cya Polisi giha amasomo abakora mu rwego rw’ubugenzacyaha no gukusanya ibimenyetso bigamije gutanga uburabera( RIB na Polisi), kuri uyu wa Kabiri habaye umuhango wo gu...









