Umuvugizi w’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Thierry B. Murangira yabwiye Taarifa ko uru rwego rwatumije umunyamakuru Jean Paul Nkundineza ngo agire ibyo arusobanurira. Yirinze kuvuga impa...
Abagenzacyaha bafatiye mu cyuho RIB yafatiye mu cyuho Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akarere ka Ngoma ndetse n’Umuyobozi ushinzwe Ishami ry’ibikorwaremezo n’ubutaka muri aka Karere bari kwakira ruswa...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruvuga ko mu itegeko rirengera umwana kumwita izina ry’irigenurano bifatwa nk’icyaha cyo guhungabanya uburenganzira bwe. Ikindi ni uko ayo mazina yakuweho, bit...
Mu Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga haravugwa inkuru y’umugabo watawe muri yombi na RIB imukurikiranyeho gusambanya umwana w’imyaka itatu(3) y’amavuko. Umugabo yari asanzwe yotsa inyama mu Mu...
Umunyamabanga mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha( Rtd) Col Jeannot Ruhunga aherutse kuvuga ko burya aho gufungwa mu mibyizi rwagati nko ku wa Kabiri, ku bw’amaburakindi umuntu yafungwa ...
Abaturage bo mu Murenge wa Kiyombe mu Karere ka Nyagatare babwiwe ko ntawe ukwiye kubura ubutabera kubera ko imimerere ye itamwemerera kwitangira ikirego. Hari abafite inshingano zo kubatangira ibireg...
Mu buryo bw’ubujyanama, Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha rusaba ababyeyi kudashyira cyangwa ngo bagumishe amashusho y’urukozasoni muri telefoni zabo kuko iyo abana bazibonye bishobora kuzatuma bakor...
Urwego rw’Ubugenzacyaha bwafunze umupasiteri witwa Harerimana Joseph uzwi kw’izina rya YONGWE. Kuri iki Cyumweru nibwo yatawe muri yombi, akurikiranyweho icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejw...
Umuvugizi mushya wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga aherutse kubwira Taarifa ko mu gihe agiye kumara ari Umuvugizi w’uru rwego, azubakira ubushobozi abavugi...
Abaturage bo mu Murenge wa Kibangu Akarere ka Muhanga bavuga ko zimwe mu mpamvu zikomeye ziteza amakimbirane mu ngo ari ubushoreke no kutumva neza ihame ry ‘uburinganire. Babivugiye mu kiganiro baraye...









