RIB yashyikirije inzego z’umutekano z’u Burundi, Umurundi ukurikiranyweho kwiba arenga miliyoni 29 FBU. Uyu mugabo witwa Bukeyeneza Jolis w’imyaka 30 akekwaho kwiba amafaranga muri Banki y’Ubucuruzi y...
Ubugenzacyaha bwafunze abantu barindwi barimo abakozi bane bo mu Karere ka Rulindo n’abandi batatu bahoze bahokora bakimurirwa. Kuri uyu wa Kane nibwo Ubugenzacyaha bwabafashe Abatawe muri yombi ni: A...
Ubushinjacyaha bwatangaje ko dosiye iregwamo Umunyamakuru wigenga, Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul ukurikiranyweho gutukana mu ruhame,guhohotera uwatanze amakuru ku byaha, guhoresha ibikangisho n’ic...
Urwego rw’Ubugenzacyaha ruvuga ko rwaje kubona ko mu bantu biba intsinga baba barimo abakozi b’Ikigo cy’igihugu gishinzwe gukwirakwiza ingufu, REG. Umuvugizi warwo Dr. Thierry B. Murangira aherutse k...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, ruvuga ko umwe mu bashakanye ashobora kuza kuri station y’uru rwego akavuga ko ahaye imbabazi mugenzi we bashakanye wari uhafungiye kubera ubushoreke, ubusamb...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rugira inama abayobozi mu nzego z’ibanze ko mu gihe cyo gutanga raporo ku cyaha runaka cyakorewe aho bayobora, buri gihe bagomba kujya bibuka kwandika amazina y’abab...
Kuri Poste ya RIB y’Umurenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro hafungiwe umugabo witwa Jean d’Amour Hakorimana nyuma yo kugubwa gitumo acukura imva ngo akuremo ibyuma byitwa Fers à Beteaux. Iyo mva iri...
N’ubwo atari bose, ariko muri rusange abayobozi mu nzego z’ibanze, cyane cyane abo mu cyaro, ntibarasobanukirwa neza uko raporo ku byaha bikorerwa aho bayobora zikorwa. Niyo mpamvu RIB iri kubibahugur...
Kuwa Mbere taliki 16, Ukwakira, 2023 nibwo Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Léodomir Ntibansekeye rumukurikiranyeho gutesha agaciro Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ...
RIB yatangarije ku rukuta rwayo rwa X ko yaraye ifunze umunyamakuru wigenga ( freelancer) Jean Paul Nkundineza imukurikiranyeho ibyaha birimo gutakana mu ruhame, guhohotera uwatanze amakuru ku byaha n...









