RIB yatangaje ko yataye muri yombi Hilary Hodari wari Umuyobozi wa Koperative NDMC, Nyagatare Dairy Marketing Cooperative, n’umubaruramari wayo witwa Happy Muhoza ibakurikiranyeho kunyereza umutungo ...
Guhera kuri uyu wa Mbere taliki 04, Ukuboza kugeza mu minsi runaka iri imbere, Ubugenzacyaha bw’u Rwanda bwatangije ubukangurambaga bwo kubwira abaturage uko icyaha cyo gucuruza abantu gikorwa, uko ba...
Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha rwatangaje ko rwafashe umugabo witwa Nkurunziza Ismael wo mu Karere ka Nyamasheke aheruka gutahurwaho gucukura icyobo mu nzu ye. Iby’uyu mwobo byamenyekanye ub...
Ubugenzacyaha bwataye muri yombi abagabo bane barimo abapasiteri babiri, bose bakaba bakurikiranyweho impapuro mpimbano. Bose ni abayoboke b’itorero ADEPR. Abo bafunzwe ni Pasiteri Frodouard Karamuka,...
Amakuru tugikusanya aremeza ko hari uruhinja rwatoraguwe mu nyubako isanzwe icumbikira abakobwa biga Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye. Basanze rwaburaga ukwezi ngo ruvuke. Abarutoraguye baru...
Nyuma yo kumva ibyo Transparency International yabonye mu isesengura yakoze kuri raporo y’Umugenzuzi mukuru w’Imari ya Leta, Umunyamabanga mukuru wungirije wa RIB witwa Consolée Kamarampaka yasabye ko...
Umuyobozi Mukuru ushinzwe Ubugenzacyaha muri RIB, Jean Marie Twagirayezu, yakiriye Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Burkina Faso, Dr Roger OUEDRAOGO hamwe n’abamuherekeje kuri Isange ‘One Stop Centre.’ ...
CG( Rtd) Emmanuel Gasana yageze mu rukiko rw’ibanze rwa Nyagatare ngo aburane ku byaha ubushinjacyaha bumurega birimo gukoresha ububasha yahawe n’amategeko mu nyungu ze ‘bwite’. Uyu mugabo wamaze imya...
Umushoferi witwa Vianney Tuyizere wi’imyaka 34 y’amavuko aravugwaho kugongesha mugenzi we imashini ikora umuhanda ariko Imana ikinga akaboko. Bombi bakorera sosiyete y’Abashinwa ikora imihanda yitwa H...
Ubushinjacyaha bwatangaje ko bwashyikirijwe dosiye ya CG (Rtd) Emmanuel Gasana wahoze ayobora Intara y’Uburasirazuba ukurikiranyweho ibyaha bibiri aribyo gusaba no kwakira indonke no gukoresha ububash...









