Ibyari ibyishimo no kwidagadura byahindutse imiborogo ubwo igisenge cya kamwe mu tubyiniro two mu Murwa mukuru wa Repubulika ya Dominikani cyagwiraga abantu, abagera kuri 98 bagapfa abandi 150 bagakom...
Umwe mu bayobozi b’urubyiruko rwa Wazalendo yabwiye Minisitiri w’ingabo za DRC Alexandre Luba Ntambo ko we na bagenzi be barambiwe ingabo z’u Burundi kuko ngo zibitambika mu kazi. Uwo muntu agira ati:...
Felix Tshisekedi yongeye kwemeza ko ubutegetsi bwe butazigera na rimwe buganira n’ubuyobozi bwa M23. Ni amagambo yavugiye mu Nama y’Abaminisitiri yaraye ateranyije mu ngoro yiswe la Cité de l’Union af...
Kamwe mu duce M23 iri gushaka kwigarurira mu bindi bice bya Kivu y’Amajyaruguru kitwa Lubero kagiye kumara iminsi 11 harabaye isibaniro hagati yayo n’ingabo za DRC. Kuri uyu wa Kane taliki 12, Ukuboza...
Imibare ivuguruye itangwa n’inzego z’ubuzima muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ivuga ko indwara indwara itaramenyekana iri kwica abantu umusubizo. Ubu imaze kwica abantu 130 muri Poro...
Isesengura ry’ingengo y’imari y’umwaka wa 2025 yemejwe n’Inteko ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo ryerekana ko 13,12% byayo yose bizashyira mu rwego rwo gisirikare n’izindi nzego ...
Mouvément du 23 Mars( M23) yamaze kugera muri teritwari ya Walikale, iyi ikaba teritwari nini kurusha izindi zigize Intara ya Kivu y’Amajyaruguru. Kivu y’Amajyaruguru igizwe na Teritwari eshanu....
Ikigo kitwa CubeSat cy’abanya Repubulika ya Tcheque kiri gukora icyogajuru cy’u Rwanda kizoherezwa mu kirere mu mwaka wa 2026. Kizaba gishinzwe gukurura amakuru y’ibintu bitandukanye birimo n’ibireba ...
Muri gereza iri i Kisangani haravugwa abagororwa 97 banduye ubushita bw’inkende, indwara imaze kuba icyorezo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo. Muri abo abagera kuri 23 nibo bamaze kwemezwa ko ko...
Perezida Paul Kagame yabwiye mugenzi we uyobora Repubulika ya Tchèque ko u Rwanda rutazibagirwa uko igihugu cye cyatabarije Abatutsi bicwaga muri Jenoside mu gihe ahandi bari baryumyeho. Yabimubwiriye...









