Mu rwego rwo kwagura imihanda kugira ngo bigabanye umubyigano w’imodoka, Minisiteri y’ibikorwa remezo igiye kwagura umuhanda Giporoso-Masaka ushyirwemo ibisate bine. Iyi Minisiteri ivuga ko ifite gahu...
Minisiteri y’ibikorwa remezo yatangaje ko kuri uyu wa Gatanu taliki 19, Mutarama, 2024 bisi 60 zari zisigaye ngo umubare wa bisi 100 wuzure, ziri butangire gukorera mu Mujyi wa Kigali. Mbere hari haje...
K’ubufatanye bwa Guverinoma y’u Rwanda n’Ubuyobozi bw’Umuhora wo hagati, uruzi rw’Akagera rugiye gushakirwa ubwato bunini kandi bukomeye buzafasha mu kwinjiza cyangwa gusobora ibicuruzwa mu Rwanda bij...


