Noteri mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo witwa Elyse Ndamyimana yaguye mu bitaro bya Kacyiru nyuma yo guterwa ibyuma n’abagizi ba nabi. Amakuru y’ibanze Taarifa ifite avuga ko uyu mugabo yatezw...
Mu gihe amaso ahanzwe Stade Amahoro ngo izatahwe ifite ubwiza budasanzwe, ku rundi ruhande murumuna wayo uri iburyo bwayo winjiriye ku muryango munini ureba mu Migina ya Remera nawe ageze kure avuguru...
Abagenzi batoraguye uruhinja bigaragara ko ari bwo rwari rukivuka Nyina yarutaye ku nzira iri mu Mudugudu wa Nyabisindu, Akagari ka Nyabisindu mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo. Iyi nkuru yamen...
Abaturage b’ibitaro b’i Rukoma mu Karere ka Kamonyi barasaba inzego za Leta ko ibitaro bya Remera Rukoma bivurizamo byavugururwa kuko bishaje. Bavuga ko bimaze imyaka 50 bikora umunsi ku wundi. Byubat...
Amakuru tugikusanya aravuga ko hari imibiri myinshi yabonetse aho abubatsi bari gusana Stade Amahoro mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo. Umwe mubahubaka avuga ko imibiri babonye irenga itanu ari...
Mu Murenge wa Remera Akarere ka Gasabo ahitwa Rukiri II haraye hadutse inkongi ihitana umuzamu wari uraririye imari y’aho. Amakuru twashoboye kubona avuga ko ibi byago byabaye saa munani na mirongo 35...
Mu Kagari ka Nyabisindu mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo haravugwa inkuru ibabaje y’abantu batatu( Umugabo n’abane be babiri) bapfuye mu buryo bamwe bise ‘amayobera’. Umugore niwe wasigaye ari...
Guhera ku wa Mbere taliki 23, Mutarama, 2023, Ibiro bikuru bya Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali bizimukira ahahoze hakorera CNLG hafi ya AVEGA Agahozo hafi y’ibitaro bya La Croix du Sud. Itangazo ...
Emmanuel Karamba uyobora IBUKA mu Murenge wa Remera muri Gasabo yabwiye abari baje mu muhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi barimo n’Abapadiri n’Ababikira babaga muri Centre Christus ko abarok...
Mu mpera z’Icyumweru cyarangiye tariki 06, Kamena, 2021 hari umucuruzi wa serivisi za Sauna wo mu Murenge wa Remera mu Karere ka Gasabo waketse ko zakomerewe yakira abakiliya, Polisi iramufata arabih...









